Ad Restricted
Umukobwa yibasiwe n’abasore azira imiterere y’ikibuno cye [AMAFOTO]
Yanditswe: Thursday 30, Aug 2018
Umukobwa ufite imiterere idasanzwe yibasiwe bikomeye azira uko ateye. Maze abasubiza ko yagikomeye kuri nyina .
Mu gihugu cya Nigeriya umukobwa uzwi ku mazina ya Slay Queen Poshy yibasiwe n’abafana azira imiterere ye idasanzwe.
Ni nyuma y’amafoto ye ari ku rukuta rwe rwa Instagram aho benshi batangajwe n’ingano y’ikibuno afite.
Abantu banditse bavuga ko ari igikorano maze abasubiza ko ari karemano kandi agikomora kuri mama umubyara.
Ni umuco ukwirakwira ku isi hose aho abakobwa basigaye bambara imyenda idashinze ahanini bagamije gakurura abagabo.
REBA AMAFOTO YA POSHY:
Ibitekerezo
ibi bibuno bibamo imisuzi ikarishye sinzi abakunda ibibuno aho bahera
gito kiza nicyo gikenewe nubwo byose bivamo imyanda.
Ikibuno kiba kiza iyo uhenesheje umuntu,umukobwa utagira ikibuno yakagombye byibura kugirango agasura keza ugatahira kumusoma