skol
fortebet

Umunyeshuli yatereranywe afatwa ku ngufu n’abagabo 4 bose

Yanditswe: Monday 06, Nov 2017

Sponsored Ad

skol

I New Delhi mu Buhinde, abapolisi bane birukanywe nyuma yo kumenyekana
ko barebereye umunyeshuri w’imyaka 19 afatwa ku ngufu n’abagabo bane.
Ni umunyeshuri waje nyuma kujya kuri polisi ubwo yari amaze gusambanywa
n’abagabo bane bari iruhande rwa sitasiyo ya gari ya moshi mu Buhinde ku wa
31 Ukwakira uyu mwaka.
Hamaganwa ifatwa ku ngufu
Nyuma y’uko umuryango w’uwo mwana woherezaga ikirego kuri polisi, abo
bapolisi bareberaga uwo mwana bahise birukanwa ku kazi. Gusa aba bapolisi
bakaba (...)

Sponsored Ad

I New Delhi mu Buhinde, abapolisi bane birukanywe nyuma yo kumenyekana
ko barebereye umunyeshuri w’imyaka 19 afatwa ku ngufu n’abagabo bane.

Ni umunyeshuri waje nyuma kujya kuri polisi ubwo yari amaze gusambanywa
n’abagabo bane bari iruhande rwa sitasiyo ya gari ya moshi mu Buhinde ku wa
31 Ukwakira uyu mwaka.

Hamaganwa ifatwa ku ngufu

Nyuma y’uko umuryango w’uwo mwana woherezaga ikirego kuri polisi, abo
bapolisi bareberaga uwo mwana bahise birukanwa ku kazi. Gusa aba bapolisi
bakaba bagerageje guhakana ibibaregwaho bikanga bikaba iby’ubusa.

Abofisiye batatu nibo birukanywe hamwe n’umuvugzi wa polisi umwe.
Imibare igaragaza ko muri 2015 abafashwe ku ngufu basagaga gato 34,500.

Ni mu ghe kandi hakorwa ibikorwa byo kwamagana bene ibyo bikorwa ariko bikanga
bikaba iby’ubusa.

Ibi bibaye nanone nyuma y’imyaka itanu gusa umunyeshuli wigaga na we yaje
gufatwa ku ngufu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa