skol
fortebet

Umurundikazi ufite Ubunyarwanda aranegwa kunyuranya n’ umuco w’ ibihugu byombi (AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 07, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Lynka Kaneza usanzwe ukorera ibikorwa bye bijyanye no kumurika imideli mu Rwanda, akomeje gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yambaye imyambaro igaragaza imiterere y’umubiri we.
Mu gihe hari abamushima ubwiza abandi baramunenga cyane ko bihabanye n’umuco w’Abarundi kimwe n’Abanyarwanda, bagaragaza ibitekerezo byabo kuri ayo mafoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram.
Uyu mukobwa ukomeje gutungura benshi, ku wa 2 Nzeri 2016, ubwo mu mujyi wa Kigali hari hateguwe igitaramo cyiswe (...)

Sponsored Ad

Lynka Kaneza usanzwe ukorera ibikorwa bye bijyanye no kumurika imideli mu Rwanda, akomeje gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yambaye imyambaro igaragaza imiterere y’umubiri we.

Mu gihe hari abamushima ubwiza abandi baramunenga cyane ko bihabanye n’umuco w’Abarundi kimwe n’Abanyarwanda, bagaragaza ibitekerezo byabo kuri ayo mafoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram.

Uyu mukobwa ukomeje gutungura benshi, ku wa 2 Nzeri 2016, ubwo mu mujyi wa Kigali hari hateguwe igitaramo cyiswe Couplet Night, yaratunguranye, yigaragaza imbere y’imbaga yambaye umwenda umufashe cyane by’umwihariko ugaragaza imiterere y’umubiri we, aho bamwe mu bafotora bagiye bamufotora bibanda cyane ku gitsina cye.

Byagiye bigaragara ko uku kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga bifasha abahanzi, abanyamideli n’abandi b’igitsinagore kumenyekana vuba dore ko ababitinyuka ari bake.

Bamwe mu bakobwa bo muri Afurika y’Iburasirazuba twavuga byafashije kumenyakana ni nka Desire Luzinda wo muri Uganda, Huddah Mnoroe, umunyamideli wo muri Kenya, Vera Sidika wo muri Tanzania n’abandi, ariko n’abandi muri aka karere bakaba barimo kugenda biga uyu muco.

Ibitekerezo

  • ariko usibye gukabya koko ubu uyu mukobwa yambaye ubusa hehe ntimugabye namwe

    nashake ajye yikwiza kuko afite agatsina kabi wee

    Urahakana se kiriya ni iki si igituba ????

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa