Umusaza yaguwe gitumo n’urubyiruko ari gusambanya ku ngufu umwana w’imyaka 10 mu mugezi maze rumuhana rwihanukiriye[AMAFOTO]
Yanditswe: Thursday 05, Apr 2018
Amakuru mu mafoto dukesha ikinyamakuru trezzyhelm.com, agaragaza umusaza bivugwako yazirikiwe ku nkingi n’urubyiruko, nyuma yo kumufatira mu mugezi afata umwana w’umukobwa w’imyaka 10 gusa y’amavuko.
Ibi byabereye mu gace ka Upata, muri Venezuela, aho uyu musaza yihereranye akana gato k’imyaka 10 y’amavuko atangira kugasambanya nk’uko iki kinyamakuru cyabitangaje. Nyuma rero yaje kugubwa gitumo n’urubyiruko ni ko kumuhambirira ku nkingi bamuhata igiti karahava.
Urubyiruko rwamufashe (…)
Amakuru mu mafoto dukesha ikinyamakuru trezzyhelm.com, agaragaza umusaza bivugwako yazirikiwe ku nkingi n’urubyiruko, nyuma yo kumufatira mu mugezi afata umwana w’umukobwa w’imyaka 10 gusa y’amavuko.
Ibi byabereye mu gace ka Upata, muri Venezuela, aho uyu musaza yihereranye akana gato k’imyaka 10 y’amavuko atangira kugasambanya nk’uko iki kinyamakuru cyabitangaje. Nyuma rero yaje kugubwa gitumo n’urubyiruko ni ko kumuhambirira ku nkingi bamuhata igiti karahava.
Urubyiruko rwamufashe rwuzuye umujinya n’uburakari, rumuzirikira ku nkingi rutangira kumukubita aziritse.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *