skol

Umusaza yahanishije umukobwa we kumuhindura inzoka none n’abaturage babuze aho bahera bamusabira imbabazi

Yanditswe: Wednesday 07, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Umusaza w’imyaka 60 y’amavuko ukomoka mu gace gato ko mu gihugu cya Mozambique, aherutse guhanisha umwana we w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko igihano cyo kumuhindura inzoka nyuma yo kumenya ko yatwaye inda y’indaro.
Uyu muryango usanzwe uzwiho kuba ukorana n’imyuka mibi cyangwa ibyo umuntu yakwita ubupfumu (Marabouts), ukaba ari n’umuryango usanzwe utinyitse muri kariya gace kubera izo mbaraga wihariye n’ubwo hari n’abandi bahuje.
Uyu musaza uzwi ku izina rya Mugueta muri kariya gace, (…)

Umusaza w’imyaka 60 y’amavuko ukomoka mu gace gato ko mu gihugu cya Mozambique, aherutse guhanisha umwana we w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko igihano cyo kumuhindura inzoka nyuma yo kumenya ko yatwaye inda y’indaro.

Uyu muryango usanzwe uzwiho kuba ukorana n’imyuka mibi cyangwa ibyo umuntu yakwita ubupfumu (Marabouts), ukaba ari n’umuryango usanzwe utinyitse muri kariya gace kubera izo mbaraga wihariye n’ubwo hari n’abandi bahuje.

Uyu musaza uzwi ku izina rya Mugueta muri kariya gace, ngo ni na we uhagarariye abapfumu bose bo muri kariya gace batuyemo, akaba yaratanzweho igitambo na se umubyara ubwo yari afite imyaka 21 y’amavuko, bityo akaba ahana uwo ashatse kandi akamuhanisha igihano ashatse kuko avuga ko abikora ku ibwirizwa rya se umubyara uherutse gupfa.

Amakuru avuga ko abaturanyi b’iwe batunguwe no kubona umwana we w’umukobwa asigaye afite igihimba cy’ikiyoka kinini akururuka mu gasozi, bakurikirana amakuru bagasanga ari se wamuhinduye inzoka amuziza ko yatwaye inda y’indaro.

Nubwo agace aba barozi batuyemo abenshi basa n’abahuriye ku mugambi umwe wo gukoresha imyuka mibi, batinye kugira icyobabwira uwo musaza basabira imbabazi uwo mwana w’umukobwa ngo abe yakongera kuba umuntu muzima kuko afite uburakari budasanzwe, gusa ngo bakaba biyemeje kumuhozaho ijisho no kumwitaho nubwo atakiri umuntu.

Ku ruhande rw’uwamuteye inda, se w’umukobwa yatangaje ko nta mpuhwe azamugirira ahubwo azapfa gahoro gahoro aho ari hose kandi nta kindiamukozeho.

Ikinyamakuru, africa24.info kivuga ko ku ruhande rwa se w’umukobwa, ngo nta gahunda afite zo kongera kumugira umuntu kuko yarenze ku mahame y’abakurambere ya bo.

Ibitekerezo

  • Tabaramana

    bamubabarire kuko ziwe wayiteye ahubwo bahane uwo muhungu

    bamubabarire kuko ziwe wayiteye ahubwo bahane uwo muhungu

    akumiro ni amavunja

    imana yonyine niyo yo kwigararaza

    imana yonyine niyo yo kwigararaza

    imana yonyine niyo yo kwigararaza

    in the Almighty name of Jesus we offer her life avec God to make way to overcome the power of witch

    umuhungu bamuhanira iki c? nuwo mukobwa uwo ngirwa se wumudayimoni amusubize kuba umuntu cg amategeko amukurikirane

    Andika Igitekerezo Hano ntabwo byoroshye arikose urumva yababarirwa ate kdi se agikorana nabakurambere? akabazo kamatsiko azabyara nkinzoka? cg

    Andika Igitekerezo Hano ntabwo byoroshye arikose urumva yababarirwa ate kdi se agikorana nabakurambere? akabazo kamatsiko azabyara nkinzoka? cg

    Andika Igitekerezo Hano ntabwo byoroshye arikose urumva yababarirwa ate kdi se agikorana nabakurambere? akabazo kamatsiko azabyara nkinzoka? cg

    Ahhhh
    abadafite ababyeyi bararira ariko ahokugirankuwonabireka numugopeeee!!!!!! Nawe imanantizamubabarirepeeee
    aragapuuu!!!

    reka ibyo nibuhuha ubwo se nta butegetsi buba aho hantu ubwo namwe mwabyemeye

    barababajekuba sewiwe ariwe wabimukoze gusa ntiyibagirweko hejuru yabyise had. Imana kand.izamwishura

    Aha birenze intekerezo z’abantu,gusa hari imana irusha imbaraga ibyo byose,ubu rero,niyo izigaragaza kugirango n’abiringiye iyo myuka mibi baboneko hari imbaraga ziruta izindi murakoze.

    Nyumvira uwo ngo abategetsi bakora iki kumuganga wabo

    ahubwo ntimukomeze kumutuka namwe atabagira utujangwe!!!!
    ngewe ntabwo ndikumwe namwe!!

    Igitecyerezo cyanjye nuko nabwira se akava mugushirikisha imana akizera imana imwe rukumbi

    Ibyo bibaho hano mozmbike ariko ibyishi murakabya

    Ibyo bibaho hano mozmbike ariko ibyishi murakabya

    Yewe Birakabije Birenze Ukwemera Gusa Nugusenga Isi Irashaje Kbs.

    Yewe Birakabije Birenze Ukwemera Gusa Nugusenga Isi Irashaje Kbs.

    Nukuri birababaje,ariko imbaraga z’ Imana ziruta byose kandi ziri hejuru ya byose, ahubwo nugusengera uyu mukobwa Imana ikagaragaza imbaraga zayo kubuzima bwe kuko niyo izabasha kumusubiza kuba umuntu.

    ntamategeko ahaba se cyangwa leta ifite abo ireba nabo itareba

    Ngaho abanyembaraga zituruka ku Witeka nibageyo gukora ibitangaza no kugaragazako Yesus akora kdi yatsinze satani nibajyeyo rwose nabo bakore azakira mwizina rya Yesus

    Manawe mbega ibint bibabaje

    ibibeshyo.com icyo gifoto bashushanyije ubwo nta tangazamakuru rihaba nibafotore amafoto bayerekane banaduhe ibiganiro bagiranye nyamara inkuru nkizi ziba ar’ibinyoma byabantu bemera amyuka mibi ibi rwose nongeye kubihakana nubwo ntaba Mozambique

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa