skol

Umusaza yahuye n’akaga mu bukwe ubwo yaruraga inyama igisiga kikayitwara [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 26, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Umugabo ukomoka muri Uganda yahuye n’akaga nyuma yo kwiyarurira inyama mu bukwe igisiga kikayimutwara ku isani.

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe ifoto igaragaza umusaza uri mu kiigero cy’imyaka 55 y’amavuko wahuye n’akaga nyuma yuko yaruye inyama igisiga kigahita kiyitwara mu buryo butunguranye.

Uyu mugabo yavuze ko Atari abyiteguye kubera ko yagiye kumva akumva ikintu gikubise ku isani ye agahita agira ubwoba gusa akagumana ibyo kurya bye yari yaruye .

Mu baganiriye n’uyu mugabo wari watashye ubukwe muri kamwe mu gace gaherereye mu gihugu cya Uganda yavuze ko uyu musaza yavuze ko byamutangaje uburyo kiriya gisiga cyaje gufata ku isana ye inyama mu gihe cyabonaga hari ayandi masani ateretse ku meza kandi arimo inyama nyinshi .

Abatangaga ibyo kurya mu bukwe basabye uyu musaza ko yagaruka bakamwongera ibiryo ndetse n’inyama kuko ushobora gusanga kiriya gisiga cyari gifite umwanda ku maguru yacyo bityo kikaba cyamwanduza indwara z’ibiguruka.

REBA AMAFOTO:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa