Umusore ubuzima bwe buri mu mazi abira kubera gushaka kwisanisha n’abagore[AMAFOTO]
Yanditswe: Thursday 23, Aug 2018
Iyi nkuru dukesha BBC,ngo Jerson Trujillo umusore ufite imyaka (28) y’amavuko arembeye mu bitaro azira ko yiyambaje abaganga ngo bamuhe ubushobozi bwo gusa n’igitsiga gore none bimukozeho byamuzaniye uburwayi budasanzwe bwayobeye abaganga.
BBC kandi yemeza ko mu gihe cy’imyaka 8 amaze yibagishije agashyirwaho uburanga busa n’igitsina gore ngo uko iminsi yagendaga ihita niko uburanga bwe bwahindukaga kugeza ubwo bimuviriyemo uburwayi.
Jerson Trujillo mbere yo guhinduza uburanga ni uko yasaga
Uyu musore aganira na BBC yemeje ko uko iminsi yicuma ngo ariko arushaho kuribwa akifuza nibura n’uwamukuraho umutwe akaruhuka Ati”Ndaribwa cyane ndumva ubuzima bwanjye bugeze ahabi.Mu byukuri sirani mubi gusa nifuzaga gusa n’abakobwa none byamviriyemo uburwayi ndikunaniza ababyeyi babjye bamaze kuntangaho miliyoni 50 mu madorali ngo nkire none byanze burundu.”
Nk’uko tubikesha ihuriro ry’inzobere mu baganga bahindura uburangwa Kwa mujibu wa tafiti kutoka Chama cha Madaktari wanaojihusisha na upasuaji mdogo wa kubadilisha mwili wa binadamu (Spanish Society of Plastic, Reconstructive and Aesthetic Surgery) ngo abamaze gukorerwa ubu buryo abenshi byabaviriyemo uburwayi bukomeye uretse 16 gusa bashoboye gukira.

Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *