skol
fortebet

Umwarimu yahanishije abanyeshurikazi kwivuruguta mu byondo bambaye ubusa (AMAFOTO)

Yanditswe: Monday 10, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Umwarimu wo mu mashuri yisumbuye mu gihugu cya Cameroon, ubu ari mu mazi abira nyuma yo gutanga igihano kitavugwaho rumwe ku bana b’abakobwa baje ku ishuri bakererewe.
Uyu mwarimu w’umugabo utatangajwe amazina yasabye abakobwa biga ku ishuri rya Leta rya Baham riherereye mu burengerazuba bwa Cameroon gukuramo imyenda bakivuruguta mu byondo.
Uretse kuba uyu mwarimu yaragaraguye aba bakobwa mu byondo ngo yanabacishijeho.
Magingo aya uyu mugabo arimo gushakishwa n’inzego z’umutekano hamwe (...)

Sponsored Ad

Umwarimu wo mu mashuri yisumbuye mu gihugu cya Cameroon, ubu ari mu mazi abira nyuma yo gutanga igihano kitavugwaho rumwe ku bana b’abakobwa baje ku ishuri bakererewe.

Uyu mwarimu w’umugabo utatangajwe amazina yasabye abakobwa biga ku ishuri rya Leta rya Baham riherereye mu burengerazuba bwa Cameroon gukuramo imyenda bakivuruguta mu byondo.

Uretse kuba uyu mwarimu yaragaraguye aba bakobwa mu byondo ngo yanabacishijeho.

Magingo aya uyu mugabo arimo gushakishwa n’inzego z’umutekano hamwe n’iz’uburezi bitewe n’iki gikorwa gisa nk’iteshagaciro ku mwana w’umukobwa.


Ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi hose hatandukanye hagaragaye amafoto, abantu batandukanye bavuga ko iki ari igikorwa cy’indengakamere cyakorewe abana b’abanyeshuri by’umwihariko abakobwa.

Aba bana baje ku ishuri bakerewe, uyu mwarimu wabo abagaragura imbere y’ishuri ryabo abandi bareba bambaye utwenda tw’imbere gusa.

Ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje ko kugeza ubu, umwarimu wakoze biriya ari mu bwihisho nyuma yo guterwa ubwoba ko ibyo yakoreye abana b’abakobwa bizamukurikirana.

Ibitekerezo

  • ego amabuno yahandi

    ni akaga gakomeye afatwe abiryozwe

    Ibi bihano ntibikibaho muriyi monde..

    ibintabwobikwiye pe

    Abavuga ibi NGO nishyano nibobaba babakerereje igihugu kigiye gushira ishyano ryirwa kugasozi rikaharara!

    Aha!!!! Ibinibikira?birarenzepe!!!

    Your weblog is 1 of a kind, i really like the way you organize the topics. kaadeecbcfdd

    Neat blog! Is your theme custom made or did you download it from somewhere? A theme like yours with a few simple tweeks would really make my blog jump out. Please let me know where you got your design. Thanks bdddakkkgdeb

    Merely a smiling visitor here to share the adore , btw outstanding style. Audacity, more audacity and always audacity. by Georges Jacques Danton. addekadkebcd

    Good writeup, I am normal visitor of ones blog, maintain up the excellent operate, and It’s going to be a regular visitor for a lengthy time. agecffdbdcek

    It’s perfect time to make some plans for the long run and it is time to be happy. I have learn this publish and if I may I want to suggest you few attentiongrabbing things or advice. Maybe you could write next articles regarding this article. I desire to read even more things about it! dgcebdegdgckcfbb

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa