Urukundo hagati y’ umunyarwenyakazi Kansiime n’umusore wamutwaye umutima
Yanditswe: Tuesday 12, Jun 2018
Umunyarwenya, Anne Kansiime umaze kwigarurira Imitima y’Abagande ndetse umaze kuba ikirangirire muri Afurika yose yerekanye umusore w’umuhanzi basigaye bakundana nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umugabo we Gerald Ojok.
Ni nyuma y’igihe kitari gito hahwihwiswa amakuru avuga ko uyu mugore yanze kongera kurongorwa ku mugaragaro ngo kuko yari ataratandukana byeruye n’umugabo we wa mbere.Kuri ubu inkuru dukesha ikinyamakuru TUKO iravuga ko Kansiime ari mu rukundo n’umuhanzi uririmba injyana ya Reggae witwa Tukahirwa Abraham umenyerewe ku izina rya Skylanta.
Uyu mugore Kansiime akaba yaratangaje ko Skylanta ari we mukunzi we mushya, Bari bamaranye igihe kitari gito ariko ngo bakomeje kubihisha , gusa ntibyabuzaga abababona kujya bakomeza gukwirakwiza amafoto yabo bombi, rero ibi nibyo byanze mu nda uyu mugore maze ahitamo kwerura avuga ko Tukahirwa Abraham ariwe musore bacutse muri iyi
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *