skol
fortebet

Yamusanze asambana n’umugabo we amuciraho imyenda aranamwogosha-AMAFOTO

Yanditswe: Wednesday 25, Oct 2017

Sponsored Ad

skol

Mu gihugu cya Brazil mu gace ka cubatao mu mu mugi wa sao paulo,umukobwa w’imyaka 20 yafashwe asambana n’umugabo ufite umugore. Nkuko Tubikesha ikinyamakuru cya dailymail ngo,uyu mugore akimara gufata aba bombi yahise azengurukana mu mihanda hose uyu mukobwa yambaye ubusa buri buri ,mu kwisobanura uyu mukobwa we yisobanura avuga ko Atari aziko uyu mugabo afite umugore ngo kuko bari bamaze amezi atanu bakundana kandi ko atigeze abona umukunzi we afite umugore. Akibafata umugabo yisohokeye (...)

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Brazil mu gace ka cubatao mu mu mugi wa sao paulo,umukobwa w’imyaka 20 yafashwe asambana n’umugabo ufite umugore.

Nkuko Tubikesha ikinyamakuru cya dailymail ngo,uyu mugore akimara gufata aba bombi yahise azengurukana mu mihanda hose uyu mukobwa yambaye ubusa buri buri ,mu kwisobanura uyu mukobwa we yisobanura avuga ko Atari aziko uyu mugabo afite umugore ngo kuko bari bamaze amezi atanu bakundana kandi ko atigeze abona umukunzi we afite umugore.

Akibafata umugabo yisohokeye maze umugore asigara agundagurana n’uwo mukobwa ku buriri maze aba afashe icyuma amushwanyagurizaho imyenda ndetse anamukatira umusatsi.

Uyu mukobwa utavuzwe izina yafashwe aya mafoto n’abantu bo mu muryango w’umugabo maze anyanyagizwa hose ku mbuga nkoranyambaga.

Uyu mugore nyuma yo gushyira hanze aya mafoto yagize ati “sinitaye kubyo abantu bari buvuge kuri ibi ndetse no ku wari umugabo wanjye dore ko ubu tutanakiri kumwe ahubwo nukugira ngo inkozi z’ibibi nk’izi zigaragare.”

Uyu mukobwa akaba yahise ajyanwa na Police kumukoraho iperereza ngo harebwe uri mu makosa,mugihe yaba ahamwe niki cyaha cy’ubusambanyi akaba yahabwa igihano k’igifungo cy’imyaka icumi muri gereza nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa police muri ako gace ka cubatao.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa