skol
fortebet

Zafanti waciye agahigo ko kuryamana n’abagore 6000 yapfuye ari gukora imibonano mpuzabitsina[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 28, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Umugabo witwa Maurizio Zanfanti ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani wamenyekanye cyane kubera umubare munini w’abagore yaryamanye nabo yapfuye ari gutera akabariro n’umugore w’imyaka 23.

Sponsored Ad

Maurizio Zafanti yapfuye afite imyaka 63, yaherukaga gutangariza itangazamakuru ko iyo byagenze neza aryamana n’abagore nibura 207 mu mpeshyi imwe.

Uyu mugabo utaterwaga ipfunwe no kwiyemerera ko yari amaze kuryamana n’abagore barenga ibihumbi bitandatu, yari yavuze ko akwiye guhabwa igihembo kuko yatumye agace atuyemo gasurwa cyane na ba mukerarugendo baje kumureba ndetse bamwe bakanaryamana.

Ubusanzwe uyu mugabo yakoraga mu kabyiniro gaherereye mu gace kitwa Rimini mu gihugu cy’Ubutaliyani ndetse yakoze no mu bigo bishinzwe guteza imbere ubukerarugendo.

Mu ijoro ryo kuwa kabiri nibwo uyu mugabo yashizemo umwuka ari gutera akabariro n’umugore w’umukerarugendo w’imyaka 23.

Biravugwa ko yazize indwara y’umutima, Uyu mugore binezezanyaga mu buriri yagerageje kumugeza kwa muganga akimara gufatwa ariko ntibabasha kurokora ubuzima bwe.

Ibitekerezo

  • icyo nicyo gihembo kikwiranye ne mirimo yakoze KD buri wese azahemberwa ibyo yako ikibazo nuko ahembewe mû isi!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa