Zari yatunguranye maze yerekana Tatuwaje "Tattoo" iri ku gitsina cye itari izwi n’abakunzi be[AMAFOTO]
Yanditswe: Tuesday 12, Jun 2018
Umunyamidelikazi wo muri Uganda uzwi nka Zari Hassan ariko ukunze kwiyita The Boss Lady ku mbuga nkoranyambaga akoresha yatunguye imbaga z’abantu bamukurikira kuri Instagram maze abereka Tatuwaje iri hafi ku gitsina cye itari izwi.
Zari yerekanye Tatuwaje "Tatto" abantu batari bazi iri hafi n’igitsina cye
Zari abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize atya ashyiraho amafoto yifotoye yambaye imyenda y’imbere gusa bigaragara ko ari ku kabati abikamo imyenda yambara.
Zari Hassan ukurikirwa kuri Instagram n’abant barenga miliyoni 4,akaba yarabyaranye aba babiri n’umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz ndetse akaba aherutse no guhakana amakuru yavugaga ko baba bateganya gusubirana,aho yavuze ko icyo we ahuriyeho na Diamond ari abana babyaranye kandi ko bose bafite inshingano zo gufatanya kubarera.

Ibitekerezo
izi se ni tatou cg ni insya atogoshe ngo azimareneza
Iyi si irarwaye.Kwereka by’ibanga byawe abantu 4 millions,ni uburwayi.Gusambana,kwambara ubusa birakabije cyane.Abantu kandi nibyo baba bashaka.Byerekana ko turi mu minsi y’imperuka.Nubwo millions and millions z’abantu batajya bemera Imperuka,nta kabuza iri hafi.No mu gihe cya NOWA,abantu bali batuye isi bahakanaga ibyo NOWA yababwiraga ko ISI igiye gushira,banga kumva kubeza igihe Umwuzure waje ukabica bose kubera GUPINGA ibintu byerekeye imana.Harokotse abantu 8 gusa bashakaga imana (Matayo 24:37-39).Ntimugapinge ibyo Bible ivuga.
Kuko niyo bitinze,bigeraho bikaza.Imana yashyizeho umunsi w’imperuka (Ibyakozwe 17:31).Kuli uwo Munsi izarimbura abantu bose banga kumva ibi tubabwiriza,isigaze gusa abantu bashaka imana (Imigani 2:21,22 na Yeremiya 25:33).
Byaba byiza ZARI n’abandi bose bakora ibyo imana itubuza bahindutse hakiri kare.