Muri iki gihe abakobwa n’abahungu usanga bitana ba mwana ku birebana n’urukundo, abahungu bamwe ati “abakobwa nta rukundo bagira“, abakobwa nabo ati “abahungu nta rukundo bagira”. Ese kwereka umuhungu...
Uretse ingeso mbi zateye ubu zo gukora imibonano mpuzabitsina mbere yo kurushinga nuwo muzabana, ubundi bisanzwe bizwi ko ku munsi mwashyingiranwe ari nabwo hakorwa bwa mbere imibonano...