skol
fortebet

Benshi batangariye amafoto y’umugore wa Fabregas umurusha imyaka 12 [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 22, Dec 2017

Sponsored Ad

skol

Ku munsi w’ejo tariki 21 Ukuboza 2017 nibwo hagaragaye amafoto agaragaza ubwiza bw’umugore wa Cesc Fabregas witwa Daniella Semaan ufite imyaka 42 n’abana 5.
Uyu mugore umaze imyaka 7 akundana na Cesc Fabregas ,si ubwa mbere agaragaye mu bitangazamakuru kuko atangira gukundana na Fabregas,yari amaze gutandukana n’abagabo 2 ndetse amurusha imyaka 12 yose,ibintu byatangaje abakunzi b’uyu musore.
Daniella Semaan w’imyaka 42 yatangaje abantu kubera amafoto agaragaza ubwiza bwe kandi akuze ndetse (...)

Sponsored Ad

Ku munsi w’ejo tariki 21 Ukuboza 2017 nibwo hagaragaye amafoto agaragaza ubwiza bw’umugore wa Cesc Fabregas witwa Daniella Semaan ufite imyaka 42 n’abana 5.
Uyu mugore umaze imyaka 7 akundana na Cesc Fabregas ,si ubwa mbere agaragaye mu bitangazamakuru kuko atangira gukundana na Fabregas,yari amaze gutandukana n’abagabo 2 ndetse amurusha imyaka 12 yose,ibintu byatangaje abakunzi b’uyu musore.

Daniella Semaan w’imyaka 42 yatangaje abantu kubera amafoto agaragaza ubwiza bwe kandi akuze ndetse benshi bongera kwibaza icyatumye Fabregas w’imyaka 30 amukunda.

Daniella na Fabregas bakundanye mu mwaka wa 2011 ndetse bamaze kubyarana abana 3 biyongera kuri 2 uyu mugore yakuye ku bandi bagabo yakundanye nabo mbere yo kumenya Fabregas.

Aba bombi bahuriye muri resitora imwe yo mu mugi wa London aho uyu mugore yegereye uyu mukinnyi kugira ngo amusinyire ko bahuye bitewe n’uko umuhungu w’uyu mugore yakundaga cyane umukinnyi Cesc Fabregas birangira banakundanye none bamaranye imyaka 7.





Ibitekerezo

  • imyaka ni mu Rwanda muyireba gusa imyaka ahandi ntacyo ivuze .

    Uyu mukobwa yanyuze kuri billard biragaragara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa