Nitwa Marina mfite imyaka 35 y’ amavuko ndi umukozi w’ imisatsi yabigize umwuga I Malabo muri Equatorial Guinnea. Ndi umunyasenegal ndashaka ndifuza umugabo nabera umugore bitarenze umwaka utaha.
Impamvu yateye gutanga itangazo ni uko ndambiwe kuba umusiribateri. Ntabwo nigeze ngira umuntu dukundana bihamye. Abagabo bambeshye urukundo ntibyari urukundo mu by’ ukuri ahubwo bashaka igice kimwe cy’ umubiri wanjye ndibwira ko mwumvise icyo nshatse kuvuga. Mfite inyota yo kuba mu rukundo nyakuri no kurongorwa.
Inshuti yanjye Céline wishimanye n’ umukunzi we yambwiye ko yamubonye muri ubu buryo.
Ndi mwiza, mfite igikundiro nzigutanga care , nzi guteka no kwita ku rugo, niba uri umusore cyangwa umugabo ushaka umugore ndi amahirwe utakwitesha.
Sinitaye ku nkomoko yawe, ubwenegihugu akazi ukora kuko nziko nzi neza ko mu bitugu by’ umugabo w’ iteje imbere hari umugore.
Ndakwinginze ntunyandikire kuri iyi email [email protected] ukina.
Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho
ndifuza umugore ukuze kandi ufite cash please niba ubyujuje nyandikira kuri [email protected]
Mumpuze nawe 0784869719
Najye ndagushaka kondumu nta RWANDASE wanyemera
Nibyiza nshuti kubona umukunzi muri iki gihe biragoranye
ariko kandi nkekako online love idapfa guhira abantu benshi. ubwo rero ufite gahunda nanjye unyandikire kuri [email protected]
ndagukunda
Bibaye Byiza Twabana Ndi Umunyarwanda 0781821567