Nitwa Marina mfite imyaka 35 y’ amavuko ndi umukozi w’ imisatsi yabigize umwuga I Malabo muri Equatorial Guinnea. Ndi umunyasenegal ndashaka ndifuza umugabo nabera umugore bitarenze umwaka utaha.
Impamvu yateye gutanga itangazo ni uko ndambiwe kuba umusiribateri. Ntabwo nigeze ngira umuntu dukundana bihamye. Abagabo bambeshye urukundo ntibyari urukundo mu by’ ukuri ahubwo bashaka igice kimwe cy’ umubiri wanjye ndibwira ko mwumvise icyo nshatse kuvuga. Mfite inyota yo kuba mu rukundo nyakuri no kurongorwa.
Inshuti yanjye Céline wishimanye n’ umukunzi we yambwiye ko yamubonye muri ubu buryo.
Ndi mwiza, mfite igikundiro nzigutanga care , nzi guteka no kwita ku rugo, niba uri umusore cyangwa umugabo ushaka umugore ndi amahirwe utakwitesha.
Sinitaye ku nkomoko yawe, ubwenegihugu akazi ukora kuko nziko nzi neza ko mu bitugu by’ umugabo w’ iteje imbere hari umugore.
Ndakwinginze ntunyandikire kuri iyi email [email protected] ukina.
Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho
Wabonye umugabo byararangiye mvugisha WhatsApp number 0726499434
Ndi umugabo ufite imyaka 40 ndifuza umugore cg umukobwa ufite umutima wo kubaka urugo.Imyaka agomba kuba afite iri hejuru ya 30.number yange 0786099247
Hello ndashaka umuntu ufite cash tukibanira
Hello
Ese kombona ababantu baba badasubiza
nanjye ndi umusore ndakwifuza bikunze wanyandikira kuri email [email protected] com
hello nange njehano nshaka umukunzi, umu fille mere cycle umukobwa ukuze 25-30 whatsap+256774292831
Murahoneza abakunzi bururubuga ndumugabo ushaka umukunzinzi wumukobwa cyangwa umufiyemeli ufite urukundo unakeneye urukundo nzmwitaho bishoboka nzamumenyera kimwecyose akenera kitonderwa agombakuba ateye neza atari mugufi twagenda nkumvako ndikumwe numugore nzamwitaho bishoboka shaka guhera kumyaka 28 kuzamuka nimba udakina mpamagara 0789268363 karibu
Nyandirakuri 0782345330/0727792376 WhatsApp
Nyandirakuri 0782345330/0727792376 WhatsApp
ndashaka umukunzi umukobwa wize ufite akazi or wikorera nyandikira [email protected] hejuru y’imyaka 25
ndashaka umukunzi umukobwa wize ufite akazi or wikorera nyandikira hejuru y’imyaka 25 [email protected]
nshaka umukunzi umukobwa wize ufite akazi or wikorera hejuru y’imyaka 25 nyandikira [email protected]
Hello!
Ndashaka umukobwa uri murugero utari muremure cyane byibura 160-165 cm ufite urukundo rwukuri abaye yarize byibura secondary byababyiza ikindi afite guhera 21-24 ans usenga kad ufite imico myiza ikinyabupfura nuburere kandi uri serious. email : [email protected] / phone: 0781254766
Ndashak umusore uri serious ukuze hejuru ya 35ans nyandikira [email protected]
Ndashak umusore uri serious ukuze hejuru ya 35ans nyandikira [email protected]