Nitwa Marina mfite imyaka 35 y’ amavuko ndi umukozi w’ imisatsi yabigize umwuga I Malabo muri Equatorial Guinnea. Ndi umunyasenegal ndashaka ndifuza umugabo nabera umugore bitarenze umwaka utaha.
Impamvu yateye gutanga itangazo ni uko ndambiwe kuba umusiribateri. Ntabwo nigeze ngira umuntu dukundana bihamye. Abagabo bambeshye urukundo ntibyari urukundo mu by’ ukuri ahubwo bashaka igice kimwe cy’ umubiri wanjye ndibwira ko mwumvise icyo nshatse kuvuga. Mfite inyota yo kuba mu rukundo nyakuri no kurongorwa.
Inshuti yanjye Céline wishimanye n’ umukunzi we yambwiye ko yamubonye muri ubu buryo.
Ndi mwiza, mfite igikundiro nzigutanga care , nzi guteka no kwita ku rugo, niba uri umusore cyangwa umugabo ushaka umugore ndi amahirwe utakwitesha.
Sinitaye ku nkomoko yawe, ubwenegihugu akazi ukora kuko nziko nzi neza ko mu bitugu by’ umugabo w’ iteje imbere hari umugore.
Ndakwinginze ntunyandikire kuri iyi email [email protected] ukina.
Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho
Ndashaka umukuzi wumukobwa fite 21 nunber 0787043290
Ndashaka umukuzi wumukobwa fite 21 nunber 0787043290
Ndashaka umukobwa tuzakundane tuzabane agomba Kuba Abana Na virus itera sida kuko nanjye narayifite no 0724991978cg 0784081451
Ndashaka umukobwa tuzakundane tuzabane agomba Kuba Abana Na virus itera sida kuko nanjye narayifite no 0724991978cg 0784081451
Nitwa Emmy mfite imyaka 29. Ndashaka umugore ukuze imyaka yaba afite yose nta kibazo apfa kuba yikundira abasore bakiri bato. Uhari twakwikundanira tukibanira wanyandikira kuri email [email protected] nkaguha whatsapp yanjye
Hy ndifuza sugar momma 078043290
Muraho! Nitwa Umuhoza Irène ndi umukobwa w’umurokore ndi igikara mfite 34 years mfite umwana umwe ,ndifuza umukunzi w’umusore uri serieus udakina ushaka kubaka kuko najye ndashaka kubaka ndashaka rero umusore cg umugabo watandukanye n’umugore ufite kuva kumyaka 35-45 yaba afite akazi cg atagafite yaba inzobe cg igikara jye sindeba isura cg ibintu kuko birashakwa niba ufite urukundo nyakuri wifuza kubaka ngwino nguteteshe mpamagara kuri 0789222075 uwumva akina ntazampamagare svp
muraho bakunzi buru rubuga nange nje hano ngo ndebeko nahakura umukunzi nitwa Valentine nkaba ndi umugore wibana mfite imyaka 27 nkaba ndi imibiri yombi ndi munini
none nkaba nifuza umugabo twajya turyoshya akampa ku mafaranga nange nkamuha ibyo yifuza byose uwumva ari Serieux yampamagara kuri 0787106248
Ukeneye umugabo 0788875768
0788875768
ndashaka umugore cg umukobwa 078040953 yamamagara ndi ikigali
Nitwa Mutabazi Patrick fite gahunda nfashaka umukobwa urihagati yimyaka 23-26 twabana tukabyara abahungu nabakobwa ariko afite icyakora ariko atarindaya numero yange 0784817833/0726038418 email :[email protected]
muraho nange ndi umugore w imyaka 26 nta mugabo ngira nkaba nifuza umugabo cg umusore ufite amafranga kuburyo twajya twiryohereza akamfata neza nanjye nkamufata neza uwumva ari interresse yahamagara kuri 0787106248 Murakoze ndi Kigali Remera
muraho nange ndi umugore w imyaka 26 nta mugabo ngira nkaba nifuza umugabo cg umusore ufite amafranga kuburyo twajya twiryohereza akamfata neza nanjye nkamufata neza uwumva ari interresse yahamagara kuri 0787106248 Murakoze ndi Kigali Remera
Mwiriwe neza nange ndi umugore w; imyaka 26 nkaba nta mugabo ngira nkaba nifuza umugabo cg umusore ufite amafranga kuburyo twajya twiryohereza akamfata neza nanjye nkamufata neza uwumva ari interresse yahamagara kuri 0787106248 Murakoze