skol
fortebet

Nisanze ndi mu rukundo na musaza wanjye none byananiye kumwikuramo- Ndagisha inama

Yanditswe: Saturday 25, Nov 2017

Sponsored Ad

skol

Jye na musaza wajye muto turamenyeranye cyane,Musaza wajye afite imyaka 18 y’amavuko naho jye mfite imyaka 20 y’amavuko ariko ubu ndabona iby’urukundo rwajye kuri we ndabona ruri kugurumana muri jye.
Ndabizi nimbabwira ibi abenshi muragira ngo ni ikinyoma gusa mwumve ko atari ikinyoma ari ukuri,ndabasabye mwinshira urubanza.
Hashize ukwezi jye nawe tubanye neza mbese tunahorana buri munsi kuko aheruka no gushwana n’umukunzi we maze nanjye ndamwegera musaba ko yamureka ko umunsi umwe azabona (...)

Sponsored Ad

Jye na musaza wajye muto turamenyeranye cyane,Musaza wajye afite imyaka 18 y’amavuko naho jye mfite imyaka 20 y’amavuko ariko ubu ndabona iby’urukundo rwajye kuri we ndabona ruri kugurumana muri jye.

Ndabizi nimbabwira ibi abenshi muragira ngo ni ikinyoma gusa mwumve ko atari ikinyoma ari ukuri,ndabasabye mwinshira urubanza.

Hashize ukwezi jye nawe tubanye neza mbese tunahorana buri munsi kuko aheruka no gushwana n’umukunzi we maze nanjye ndamwegera musaba ko yamureka ko umunsi umwe azabona undi mukunzi mwiza.

Ariko mu cyumweru gishize ubwo twari mu cyumba cye twarakinnye maze bigera aho turebana twese maze ubwo tuba turasingiranye turasomana byari byiza pe,nuko bukeye bwaho noneho twararyohewe noneho biba ngobwa ko dusomana turyamye nuko turasomana biratinda ariko nawe ankora kora ku ijosi,ariko mu gihe tukiri muri ibyo twagiye kumva twumva ababyeyi bacu bakubise urugi ubwo tuba tugize ubwoba turarekurana.

Maze mpita nsohoka mu cyumba cye jya mu cyajye ariko ndi kurira bitewe nuburibwe batumye ngira,nuko undi munsi turi twenyine mu rugo yaraje turongera turasomana maze twese twumva dutangiye kugira ubushyuhe nuko tuba dukoranye imibonano mpuzabitsina,ubwo twayikoze inshuro eshatu ariko twakorehaga gakingirizo.

Ubu njye nawe turi gupanga ibyo ahazaza hacu turi kumwe,ariko jye ubu natangiye gutekereza ko nakoze ikosa rikomeye,gusa ndamukunda pe ariko sinzi neza niba ari uko byagakwiye.

Nkore iki koko?kuko ubu natangiye kwicuza ku byo nakoze byose, nanagerageza kumwikura kumva bingoye kubaho ntarikumwe na musaza wanjye nsabye inama zanyu, ndazikeneye ari nayo mpamvu inteye kubandikira.

Ibitekerezo

  • Wa mukobwa uri inkorashyano uri icyohe uri ikivume, ibyo bintu bivemo vuba kuko nyoko aramutse abafashe yaguca mu muryango

    Bibaho kuko urukundo ruramera kandi rukabagarirwa rugakura. Impamvu byakunaniye kumwivano, ni uko muhorana ugahora utekereza ku bintu byiza ya gukoreye, shaka undi muhugu mukunda kuko ndabona uri mwiza kandi uri muto ntuzamamubura, ndabizi neza ko nubona undimusore mwiza ukwitaho azakwibagiza musaza wawe naho ubundi ntaho byabaye ko warongorwa na musaza wawe. Mbona iyo umuntu arongowe n’ uwo bafitanye isano babyara abana badafashije.

    fata ibihe usenge inama kuko uwo ni umudayimoni wakwinjiranye

    Shaka ibintu bizajya biguhuza ku buryo wowe na musaza wawe mubonana gake kandi muge muhurira ahantu hari abandi bantu, ntozongere kwemera ko aza mucyumba cyawe kandi nawe uge wirinda kujya mucyumba cye.

    Ugomba kumenya icyabaye itandaro y’ urwo rukundo ugakupa nk’ uko bakupa amashyanyarazi kuko byanze bikunze bifite icyabikongeje

    Uri inkozi y’ibibi, uwo mwana umwiciye future!

    kuba ukunda musaza wawe muvukana mwarerewe hamwe ukanifuza ko mukorana imibonano mpuzabitsina nuko ufite ikibazo muri wowe ntabwo uri umuntu usanzwe iyo ni anormali nibatagusengera ngo ukire abo badayimoni urangiritse ubuzima bwawe bufite iherezo ribi mbabajwe nuwo mwana wumuhungu uri guhemukira. gusa uburwayi nkubwo ufite burasanzwe cyane cyane mubazungu

    kuba ukunda musaza wawe muvukana mwarerewe hamwe ukanifuza ko mukorana imibonano mpuzabitsina nuko ufite ikibazo muri wowe ntabwo uri umuntu usanzwe iyo ni anormali nibatagusengera ngo ukire abo badayimoni urangiritse ubuzima bwawe bufite iherezo ribi mbabajwe nuwo mwana wumuhungu uri guhemukira. gusa uburwayi nkubwo ufite burasanzwe cyane cyane mubazungu

    Dire ishyano,nta umuntu uryamana na musazawe.Mwikuremo ufate igihe usenge Imana igitsindire iyo daimon,yewee isi yagushije ishyano

    nikibazo gikomeye cyane. gerageza umwikuremo ko ejo utazaseba bikomeye cyane kandi nicyaha gikomeye cyane. shaka inshuti yawe kandi umwihe cyane na musaza wawe umushakire munshuti zawe. nibwo byagushonokera. naho ubundi muzaseba n’ababyeyi banyu muzaba mubahemukiye.

    ukwiye kwicara ukamuganiriza ukamwereka ibibi byibyo mwakoze noneho ugashaka undi musore mukundana byimazeyo kuburyo nawe abona ko ntagahunda umufiteho gusa ikiruta byose nugusenga kandi ubanze uhe agaciro ko ari musaza wae ikindi afite amaraso ashyushye wikomeza kumwiyegereza no kumureba kumwe mureba byoroshye

    mwaramutse neza mwakoze amakosa ariko nimuzojyere gusa bibaho murukundo nonese musaza wawe abivugaho iki?

    Ayo namahano ukwiye gusenga cyane imana ikaguha imbaraga kuko simwe ahubwo ni shitani

    wifitemo Roho mbi y’ubusambanyi ahubwo niba udashaka kuvumwa senga Nyagasani niwe wenyine wagukiza svp ibyo ngibyo birababaje cyane nta yindi nama nakugira uretse kureka ayo mabara

    ncut nukr ndagusavy umwikuremw kuk icamber coc nivyokund k mutwaran nivyoshobk mwikuremw nic nobon jew nokubwir

    inama nakugira nukugerageza uburyo wamwikuramo kuko waba ukoze amahano kuko niyo mwabana mwabyara umwana utuzuye ark niba ataraguteye inda mwikuremo

    Wa mukobwa we, birababaje kuba witwa ko uruta uwo musaza wawe hanyuma ukanamugusha mumuvumo wo kurongora mushiki we! Ubwo kandi urongera ukihandagaza ngo ugiye kiluziya gusenga? Uribuka ibyabaye kuri Amunoni, w umwami Dawidi? Yapfuye rupfu ki? Uri mu kibazo utazi cyo kuba warinjiwemo n abadaimoni bagutumweho na shetani ngo ubagezeho musaza wawe!Muri make uri intumwa ya SATANI UGIYE KURIMBURA UMURYANGO WAWE, UTIRETSE. Amaraso yawe nutayacunga neza azatuma ibyawe byose bita agaciro ube ruvumwa, indaya ruharwa.

    lnama nakujyira nuko wajyerajyez kubyikuramo hakiri Kare kuk bitaribyo urarimbutse arko uzabaze neza komuvukana kubabyey bombi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa