skol
fortebet

Ubuhamya bw’ umukobwa wifuza gushyingiranwa na musaza we ngo amukorera akazi neza mu buriri

Yanditswe: Wednesday 11, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Umwari w’ imyaka 22 y’ amavuko yandikiye Ikinyamakuru UMURYANGO ngo tumutangarize ubuhamya bwe asaba abasomyi kumuha inama zubaka.

Sponsored Ad

Yatangiye ubuhamya bwe agira ati “Muraho basomyi, ndabizi ko ibyo giye kuvuga bishobora kugukomeretsa, ariko nkeneye inama yawe. Ndashimira byimazeyo Ikinyamakuru UMURYANGO kuba cyemeye gutangaza iyi nkuru”

Nitwa Vanessa, mfite imyaka 22 y’ amavuko, niga amategeko muri kaminuza naho musaza wanjye afite akazi muri Minisiteri.
Ibyo ngiye kubabwira byose byatangiye mu myaka ibiri ishize ubwo nigaga mu mwaka wa kabiri muri kaminuza. Ababyeyi banjye bansuraga nibura rimwe mu kwezi kuko batuye I Kigali.

Muri 2016 ababyeyi banjye bakoze impanuka ikomeye bombi barapfa. Byari ibihe biteye ubwoba kuri kuko ntabwo niyumvishaga ukuntu ngiye kuba imfubyi. Nyuma y’ ikiriyo nagiye kubana na musaza wanjye, anyitaho mu buryo budasanzwe. Ajyana mu tubyiniro, akantembereza, mbese ntabwo aba ashaka ko dusigana.

Twabaga twisiritanaho ku buryo byageze aho numva ntashaka no kujya ku ishuri. Igihe kimwe ari ku wa Gatandatu nijoro tuvuye mukabyiniro nasinze sinzi ibyabaye gusa nakangutse mu gitondo mbona nambaye ubusa ndyamye iruhande rwa musaza wanjye. Namubajije niba twakoze imibonano mpuzabitsina arambwira ati “Yego”.

Ku munsi wakurikiyeho namusanze mu cyumba cye ndamuhatiriza ngo anyemerere turarane, numvaga ari cyonyine cyanyibagiza akababaro natewe n’ urupfu rw’ ababyeyi banjye. Yarabyemeye kuva ubwo dutangira kurarana buri joro.

Byari ibihe by’ umunezero ntigeze ngira mu buzima. Hari mwiza cyane mu gikorwa cyo kuburiri. Byanyibagije agahinda natewe no kubura ababyeyi numva nshaka ko ubuzima busigaye nzabumarana na musaza wanjye. Namusabye ko ambera umugabo arambwira ngo “Uzabona umusore mwiza akubere umugabo”.

Musaza wanjye azi kwitwara neza, nta muntu n’ umwe ushobora no kugeza mu cya kabiri cye mu kwitwara neza mu gitanda. Ndamwishimira kandi ndam,ukunda n’ umutima wanjye wose. Ndafuha iyo umukobwa bakundana aje mu rugo.

Ndabinginze nimungire inama y’ icyo nakora kugira ngo musaza anyemerere mubere umugore nzamwitaho uko nshoboye kose.

Ibitekerezo

  • Wowe na Musaza wawe muri ama dayimoni mabi cyabe. Mukwiye gucibwa muri societe, mukajyanwa ahantu muhatwa imihini buri munsi.

    ubu ukeneye inama yiki ko uri kuduteza akaga gusa numuraba umva nyine ko ari musaza wawe garukira aho ushake inshuti ureke ubwo bugoryi murimo icya 1 urumusambanyi icya 2 kuryamana nuwo muhuje isano

    Ahhj ubuse nkawe nakugira iyihenama urumusazi pe uzajye kubasenga bagusengere ndunva ufite uburwayi bwomumutwe

    Urarwaye jya kwivuza shaka aba psychologues ubwo c urunva muri tayali,niba utatubeshye

    Muragapfa ntakindi

    usenge imana izagukiza ayo mahano doreko numuryango wanyu waguca

    Sinzi nimpamvu mbisomye

    arko ububurozi mwemerakobuca’mubinyamakurubyanyukoko? umwana,ubisomye biramwanjyizakuburyo ashoborakwibona yabikoze Atazi,ukobyajyenze

    Nuko utubeshya nahubundaribyo wabawarakasiriwe.

    ahubwo ni maraya kabuhariwe ngo muzsaza we yitwara neza ntanuwagera mucyakabiri cye nukuvugako asazwe yimanya nayandi mabandi nkawe naho ubundi birashoboka ko uwo atari musaza wawe ibyiza nukugana muganga wi indrwara zo mumutwe kareba niba utarasaze wacyohe iyo umuriro uba hafi nawukujugunyemo rwose ndavuga wawundi utazima ukisangira rusefero kuko niwe muberanye

    Ubu se koko nkawe inama ukeneye ni iyihe koko????,gusa jya gusenga Imana igukize uwo mudayimoni ukurimo

    Icyo cyaha wakoze na musaza wawe ni umuvumo kubuzima bwanyu bwose kandi na Bible irabivuga ubwo rero inama nakugira nuko wakwatura imbere y’Imana ikakubabarira naho ubundi uri umupfu wowe na musaza wawe

    Uri indaya muko nawe ubwose amashuri wize yakumariye icyi nagahinda uri gutera babyey gusa urigutuma nawuruhuka mumahoro gusa birambabaje kuba mbisomye pe witecyerezeho nahubund nisatani

    Ubwose koko urumva utari umunyamabara hoya ukunda imboro ahubwo nakumvise shaka undi utari uwo kuko sha kbs ntibibaho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa