skol
fortebet

’Umugabo watinyuka kunguyaguya namuha ariko barantinya’ UBUHAMYA

Yanditswe: Monday 26, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Bavandimwe si ngombwa ko mbabwira amazina yanjye bwite ariko niyemeje kubabwira irindi ku mutima wenda wasanga hari abo duhuje ibibazo cyangwa ababasha kungira inama.
Ku myaka yanjye 25 mfite akazi muri imwe mu masosiyete ya hano mu Rwanda aho nkora ibijyanye n’ikoranabuhanga nkesha impamyabushozi yanjye y’icyiciro cya kaminuza.
Sindabura akazi kuva narangiza kwiga ndetse nanakabonye aho natangiye nimenyereza(stage)kuko babonaga ndi umuhanga mubyo nkora n’impamyabushobozi yanjye irabyemeza (...)

Sponsored Ad

Bavandimwe si ngombwa ko mbabwira amazina yanjye bwite ariko niyemeje kubabwira irindi ku mutima wenda wasanga hari abo duhuje ibibazo cyangwa ababasha kungira inama.

Ku myaka yanjye 25 mfite akazi muri imwe mu masosiyete ya hano mu Rwanda aho nkora ibijyanye n’ikoranabuhanga nkesha impamyabushozi yanjye y’icyiciro cya kaminuza.

Sindabura akazi kuva narangiza kwiga ndetse nanakabonye aho natangiye nimenyereza(stage)kuko babonaga ndi umuhanga mubyo nkora n’impamyabushobozi yanjye irabyemeza kuko mfite amanota meza.

N’ubwo uburanga buterwa n’ureba umuntu,jye niyumvamo ko ndi mwiza kandi simbuze n’amafaranga yo kwiyitaho kuko mpembwa buri kwezi kandi nta bibazo umuryango wanjye ufite byantwara amafaranga kuko nawo wishoboye.

Gusa mfite inenge imwe rwose: ngira irari ridasanzwe ry’imibonano mpuzabitsina .

Kera nkiri umwana sinakundaga kuzerera no gukururana n’abandi bantu bo hanze kuko ababyeyi batubuzaga kuva mu rugo keretse tugiye kwiga cyangwa tujyanye nabo gutembera no gusura inshuti.

Bwa mbere umugabo wanterese nigaga muri Kaminuza yansabye kumusura anyumvisha ko dukora imibonano mpuzabitsina anansobanurira uko bigenda ariko kuko nta bumenyi na buke nari mbifiteho naramwemereye ntazi uko biri bugende.

Yankuyemo imyenda akora ibyo akora numva ntazi ibyo arimo ariko nkumva ndababara cyane,duhera ubwo tubikora ngera ubwo menyera numva ntangiye kumva ibyishimo ihinduka akamenyero ku buryo twari dusigaye tubikora nka gatatu mu cyumweru.

Icyakora nagerageje kumwereka ko ntari indaya ndetse ntanakeneye amafaranga cyangwa izindi mpano kugeza ubwo nawe aboneye ko ikinzana ari imibonanompuzabitsina.

Ntibyatinze ku kazi ke baza kumwimurira mu ntara za Nyamasheke jye nsigara mu mujyi wa Kigali kuva ubwo sinongera kugira undi umusimbura mba mbuze gutyo uburenganzira ku byishimo nabonaga inshuro eshatu mu cyumweru.

Ubu ndahangayitse bikomeye kuko kuva yagenda nagerageje kwigira mwiza kurushaho ndetse no kwibambaza ku basore dukorana n’abo duhurira mu birori ariko wagirango yansigiye inyatsi.

Nta bagabo bakunze kuntereta n’ubwo ntako ntagira no babikore yemwe n’uwo ducuditse gato iyo mwemereye urukundo wagirango mba mubujije kunsaba ko dukora imibonano mpuzabitsina.

Reba nawe mu bihe bishize namenyaye n’umusore mwiza ambwira ko ankunda nanjye ndamwemerera ndetse ansaba no kumusura ndagenda mpageze anyakira neza ngirango bigiye gukunda ,nyamara nawe twamaze gusomana ahita yihutira kumbaza aho nifuza ko yansohokana duhita tujyana muri Hoteli kurya no kunywa.

Narabihiwe cyane ndetse nashatse no kumubwira ko ibijya mu gifu atari byo mukeneyeho ariko ngira ubwoba ko yanyuzamo ijisho mpitamo inzira yanjye isanzwe yo kwikinisha uko nshatse gukora imibonano mpuzabitsina.

Ndahangayitse kuko imbere y’abagabo wagira ngo ndi uwo kurebwa no gushimisha amaso gusa nyamara kuntereta bakabigendera kure.

Ubaye ufite icyo wamfasha mu buryo bw’inama wanyandikira kuri e mail: [email protected] kuko gutanga numero ya telephone yanjye ntabikunda ku mpamvu z’amabanga yanjye bwite.

Ibitekerezo

  • Arakomerewe ariko ubwo tubimenye ntari mu mumpere number tuvugane0788580453

    Fata nof yanjye 0613689232

    Nyandikira [email protected]

    inama nakugira niyo gusenga Imana ikakubatura kuri icyo cyaha cy’ ubusambanyi kuko ndumva satani yarakugize imbata y’ ubusambanyi

    Mubyukuri uracyari muto wihanganuzabonuwawe. Kandi kandi inama zitangiwe hano kukarubanda ntizifasha gusa wanshaka kuriyi no 0788308656 nzakubwiricyo uzakora kandi wihangane kugirango wokuzahura nikibazo utazikuramo mberenambere ugomba gusenga.

    Mubyukuri uracyari muto wihanganuzabonuwawe. Kandi kandi inama zitangiwe hano kukarubanda ntizifasha gusa wanshaka kuriyi no 0788308656 nzakubwiricyo uzakora kandi wihangane kugirango wokuzahura nikibazo utazikuramo mberenambere ugomba gusenga.

    Ihangane umpamagare number ,0788277183

    Ihangane umpamagare number ,0788277183

    sha urifeke abisa

    Nandi Kira kuri [email protected] tuganire

    0733859741 vugisha uyu muntu arakubwirs

    0788308158

    Nonese aho kugirango ubigenze gutyo washatse uwo mubana ubuziraherezo kwaribyo byakoroshya umubiri,nubwonko kubwo uri kwiyica?0788816800

    Imana Igufashe kuko usibye Imana yonyine yagutabara Ikakubatura muri ubwo bubata ntabwo byoroshye.gusa Imana Ishobora byose Ibasha kubikuraho burundu ubusambanyi bugashira no kwikinisha byose.ukeneye kwakira Umwami Yesu akagufasha rwose,ukp watinyutse gushyira kukarubanda akari kumutima wawe ,Inama naguha ni ugukizwa ukabivamo,hamwe n’imbaraga z’Imana bizakunda.

    Imana Igufashe kuko usibye Imana yonyine yagutabara Ikakubatura muri ubwo bubata ntabwo byoroshye.gusa Imana Ishobora byose Ibasha kubikuraho burundu ubusambanyi bugashira no kwikinisha byose.ukeneye kwakira Umwami Yesu akagufasha rwose,ukp watinyutse gushyira kukarubanda akari kumutima wawe ,Inama naguha ni ugukizwa ukabivamo,hamwe n’imbaraga z’Imana bizakunda.

    ohhh sha urababaye kbsa gusa igihe nikigera uzabona ukwishimiye kdi nawe wishimiye agukorere ibyo wifuza arko bitavuze ko wakibagirwa uwabigukoreye kuko naho yagiye atari kure cyane kdi usenge Imana igufashe

    nukuri icyo nikibazo gusa harumuntu wakugira inama
    kuri 0781968040

    Inama nakujyira nugusenga Imana ikazaguha uwawe muzahorana iminsi yose niyoyakwimuka ukamusanga

    ihangane uhamagare iyi n 0785590280

    ihangane uzampagare kiri 0788070749

    mpamagara kuri 0786706127

    Birababaje. Niba muri benshi bateye batyo igihugu gifite ibibazo. Kuba warabikoreshejwe bwambere utazi ibyo aribyo ukababara, warangiza ugasubirayo uratubeshye cyane.
    Umuntu bakuyemo imyenda atazi ibyo bakora wagirango yavukiye mu ishyamba. Nta mubyeyi n’umwe wigeze akubuza kujya ukirana n’abagabo, ntawakubwiye ko gusambana ari icyaha, ntawakubwiyeko bashobora kugutera inda, nta wakubwiye ko bashobora kugutera SIDA n’izindi ndwara, uratubeshye.

    Nta gahunda ufite yo gushaka umugabo wawe ngo azakumare iryo pfa ubuziraherezo, warangiza ukavuga ngo ntri indaya uratubeshye.

    Ahubwo iyi ndwara y’irari izavurwa no kwegera Kiliziya ukabitura Imana, benshi nibyo bakubwiye. Bariya bose bakwatse nimero zabo nihatagira ukubwira gahunda z’Imana umenye ko ugiye gusubira mu kukongerera irari.

    Niba nta n’umwe ugusabye umubano ngo agukemurure ikibazo ubuziraherezo urasubira mu irari ridashira.Ntugirengo rero abantu baragutinya abahungu barezwe baba bafite vision yo kubaka. Ntibashaka abo baryamana nabo ngo bajugunye barashaka abo bazubakana urugo.

    Niba udashaka kujya ku muhanda ku wa gatanu nimugoroba ngo utege, hitamo izo nama nkugiriye kukonicyo ushigaje.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa