Umuraperikazi Abayizera Grace uzwi nka Young Grace, ari mubyishimo bidasanzwe kubw’umukobwa we wujuje amezi 15 avutse.Young Grace yibarutse umwana we w’imfura mu kwezi kwa 8 muri...
Abantu batandukanye batangazwa no kubona hari abakobwa bamwe na bamwe bafite ikibuno kinini mu gihe hari n’abandi baba bafite gito, ibi bishobora kubaho bitewe n’uburyo umuntu aremwe mu miterereye...
Madamu Nikole Mitchell w’imyaka 36 uba California muri USA yahishuye ko yakuriye mu muryango ukunda Imana ndetse aza kuba pasiteri ariko ubu atunzwe no kumansura ndetse no kugurisha amafoto ye...
Umugabo w’umuzungu witwa Mike Oliver ari kuvugwa cyane mu gihugu cya Kenya nyuma yo gusambanya abakobwa 40 bo muri iki gihugu,yarangiza akabagira inama yo kujya kwipimisha cyane ko ngo yanduye...
Amazi ni ingenzi ku buzima bwa muntu, nubwo bivugwa ko nta ntungamubiri agira, ariko ni ngombwa kuyanywa kenshi kuko umubiri w’umuntu ugizwe hagati ya 60 % na 70 %...