Hari igihe umuntu ava mu buriri akiriranwa umushiha kandi atazi neza icyawumuteye nta n’ikibazo na kimwe afite uwo munsi. Ubushakashatsi bwerekanye ko akenshi ibi biterwa n’amakosa dukora buri...
Ubusanzwe abagore bagira ubushake buke mu gukora imibonano mpuzabitsina ugereranyije n’abagabo. Abaganga bagaragaza ko ibi biterwa nuko, umusemburo wa testosterone uba ari mwinshi ku bagabo...
Amazina ye ni Muganga Chantal uzwi ku izina rya Doctor Shannie akaba azwiho kugira inama abakobwa ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere yabo ndetse akaba azwiho no kubafasha guca...