skol
fortebet

Amakuru

Bwa mbere abapolisi bo mu karere bagiye guhiganwa muri ‘EAPCCO SWAT Challenge’

Mu gihe Inteko Rusange ya 26 y’Umuryango wa EAPCCO (Eastern Africa Police Chiefs’ Cooperation (...)

Amerika: Umunyamakuru yasohowe adakoza amaguru hasi kubera ikibazo ku ntambara yo muri Gaza

Umunyamakuru wigenga Sam Husseini yasohowe ku ngufu amaguru adakora hasi, mu kiganiro (...)

Umukozi wo mu ndege yirukanwe azira kumansurira mu kazi

Umukozi wo mu ndege wari umaze amezi arenga atandatu akora muri Alaska Airlines, Nelle Diala (...)

U Bufaransa: Minisitiri w’Intebe Bayrou yarokotse itora ryo kumutakariza icyizere

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yarokotse itora ryo kumutakariza icyizere (...)

Macron yasabye ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru hagati y’u Rwanda na RDC

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yasabye ko hasubukurwa ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru (...)

Gen Muhoozi byamwanze mu nda, agaruka ‘gitigisa Isi’ yifashishije Twitter

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagarutse ku rubuga rwa X rwahoze (...)

Ibitero bya Israel byahitanye abantu 40 muri Gaza nyuma yo kwemeranya na Hamas agahenge

Ingabo za Israel zakomeje kugaba ibitero muri Gaza aho abarenga 40 bamaze kuhasiga ubuzima, (...)

Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe

Umukinnyi w’icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yagiye mu bitaro amaze guterwa icyuma (...)

Abegereye Trump bahinduye imvugo ku gihe bazarangiriza intambara yo muri Ukraine

Abajyanama ba Donald Trump watorewe kongera kuyobora Amerika, baremera ko intambara y’u Burusiya (...)

Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu

Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa (...)

RDC: Imfungwa zahawe imbabazi na Perezida Tshisekedi zibanza kwakwa ruswa kugira ngo zirekurwe

Umuryango Bill Clinton Foundation uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Repubulika (...)

USA: Perezida Biden agiye gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga iterabwoba

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yamenyesheje Inteko Ishinga Amategeko ko (...)

Minisitiri Dr. Uwamariya yijeje ko mu myaka ibiri ibibazo by’imbibi z’ubutaka bizaba byakemutse

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Uwamariya Valentine, yatangaje ko ibibazo by’imbibi z’ubutaka (...)

Amerika yaciye abihinduje ibitsina bose mu mikino

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyo kubuza abagabo bihinduje ibitsina gukina mu (...)

Mozambique: Perezida Daniel Chapo yarahiye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, Daniel Chapo yarahiriye inshingano ze nka (...)

0 | ... | 990 | 1005 | 1020 | 1035 | 1050 | 1065 | 1080 | 1095 | 1110 | ... | 2340