Intumwa (Apostle ) Dr. Paul Gitwaza iyobora amatorero ya ZTCC ( Zion Temple Celebration Centers ) ku Isi , yatunguwe n’abakirisitu be bamukoreye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 46...
Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 15 Kanama 2017 mu gihugu cy’u Burundi, imodoka yari itwaye Guverineri wa Bubanza, Tharcisse Niyongabo, yagabweho igitero n’abantu bataramenyekana.
INFO SOS Médias...
Umunyamerikakazi Serena Williams w’imyaka 35 ukina umukino wa Tennis aratangaza ko kuba ari umukinnyi mwiza ku isi abikesha gukora inshuro zikubye kabiri izo abakinnyi ba Tennis b’abazungu...
Perezida Kagame ari kumwe n’abandi banyacyubahiro bo mu Rwanda , bakiriye mugenzi wa Misiri, Abdel Fattah El Sisi n’abamuherekeje, mu musangiro wabereye muri Kigali Convention Center.
Perezida...
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el Sisi w’imyaka 66 y’amavuko yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda.Ambasaderi wa Misiri mu Rwanda yabwiye ibitangamakuru byo muri kiriya...