skol
fortebet

Politiki

Inteko itora yemeje bidasubirwaho ko Donald Trump ariwe Perezida wa USA

Inteko itora kuri uyu 19 Ukuboza 2016 yemeje ko Perezida Donald Trump ariwe Perezida wa 45 wa (...)

Ban Ki- Moon yitandukanyije na Perezida wa Koreya y’ Epfo

Umunyamabanga mukuru w’ Umuryango w’ Abibumbye Ban Ki- Moon yitandukanyije na Perzida w’ igihugu (...)

Perezida Mugabe w’ imyaka 92 agiye kongera kwiyamamaza

Ishyaka Zanu-PF riri ku butegetsi muri Zimbabwe ryemeje ko perezida Robert Mugabe azongera (...)

Perezida Mugabe yahaye gasopo abahatanira kumusimbura

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yabwiye ibihumbi by’ abamushyigikiye bo mu ishyaka akomokamo (...)

Umunya Nigeria yagizwe Umunyamabanga mukuru wa Loni wungirije

Umunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres kuri uyu wa kane, yagize (...)

Impunzi z’ Abarundi zasabwe gufatira urugero kuri Ntibantunganya wahoze ari Perezida watahutse ntiyicwe

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi irimo PISC na CAPES+ yahamagariye (...)

Perezida wa Philippine yavuze ko yishe abantu abaziza ibiyobyabwenge

Perezida wa Philippine Rodrigo Duterte yemeye ko ubwe yishe abantu yita ‘Inkozi z’ ibibi’ barimo (...)

Abaperezida bagiye muri Gambia kumvisha Perezida Jammeh ko agomba kurekura ubutegetsi

Kuri uyu wa 13 Ukuboza 2016, Abayobozi bakuru b’ ibihugu byo muri Afurika y’ iburengerazuba (...)

USA: Trump yasimbuje John Kerry ku mwanya w’ umunyamabanga

Donald Trump, uherutse gutorerwa kuyobora Leta zune Ubumwe z’ Amerika yashyizeho Umunyamabanga (...)

CIA yagaragaje ko Uburusiya bwafashije Trump mu buriganya bwatumye atorwa

Ibiro by’ Amerika gishinzwe ubutasi cyahishuye ko igihugu cy’ Uburusiya kivanze mu matora y’ (...)

Perezida Jammeh wahoze ayobora Gambia yisubuyeho yanga ibyavuye mu matora

Perezida Yahya Jammeh wahoze ayobora Gambia, yateye utwatsi ibyavuye mu matora y’ umukuru w’ (...)

Perezida wa Ghana John Mahama yemeye ko yatsinzwe

Nana Akufo-Addo yatsinze amatora yiyamamaje kunshuro ya gatatu 2008, 2012 na 2016 Perezida (...)

Perezida mushya wa Gambia yavuguruje ibyari byatangajwe ko iki gihugu kizikura muri ICC

Perezida Adama Barrow uherutse gutorwa kuyobora igihugu cya Gambia yatangaje ko iki gihugu (...)

Minisitiri w’ Intebe w’ Ubutaliyani yeguye nyuma y’ uko ibyifuzo bye biteshejwe agaciro

Minisitiri w’ intebe w’ Ubutaliyani Matteo Renzi yeguye kuri uyu mwanya nyuma y’ uko ibyifuzo bye (...)

Abahatanira gusimbura Zuma ku buyobozi bwa AU bagiye guhurira mu kiganiro mpaka

Abakandida bari guhatanira kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, AU, bagiye (...)

0 | ... | 2220 | 2235 | 2250 | 2265 | 2280 | 2295 | 2310 | 2325 | 2340 | 2355