skol
fortebet

Gen. Muhoozi mu byishimo by’iminsi ibiri y’isabukuru ye y’amavuko (Amafoto)

Yanditswe: Sunday 24, Apr 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangizaga isiganwa ku maguru ahitwa Kololo, nka kimwe mu bikorwa by’imyidagaduro bijyanye n’isabukuru ye, yavuze ko ibi birori biri mu gihugu hose.

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangizaga isiganwa ku maguru ahitwa Kololo, nka kimwe mu bikorwa by’imyidagaduro bijyanye n’isabukuru ye, yavuze ko ibi birori biri mu gihugu hose.

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ibirori by’isabukuru ye y’imyaka 48 y’amavuko byatanze akanyamuneza mu gihugu.

akomeje agira ati “Ndashaka kubashimira mwese n’abaturage ba Uganda ku bufasha bwanyu. Ibi byose ni ku bwanyu. Ntimutita ku gihugu cyanyu, nta muntu uzabibakorera.”


Amagana y’abantu yitabiriye iryo siganwa rya kilometero 10.

Ibi birori bibaye mu gihe Muhoozi ari no kwishimira uruhare rwe mu kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda binyuze mu biganiro byabaye mu ngendo ze ebyiri. Yahuye na Perezida Kagame biza kurangira imipaka ifunguwe.

Mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu kuri iki Cyumweru, hateganyijwe isangira ryo kwishimira isabukuru ya Muhoozi, aho nib anta gihindutse Perezida w’u Rwanda Paulo Kagame azaba yitabiriye nk’uko Gen. Mohoozi yabitangaje kuri tweeter ye.

Muhoozi Kainerugaba yavutse ku wa 24 Mata 1974.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa