skol

Prezida Mugabe yasabye ko igihano cyo kwica gisubizwaho

Yanditswe: Thursday 02, Nov 2017

Prezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yasabye ko igihano cyo gupfa gisubizwaho muri icyo gihugu.
Abitangaje nyuma y’uko umukozi umwe wo mu butabera atangaje y’uko abantu bagera kuri 50 bamaze gucibwa urubanza rwo gupfa.
Igihano cyo gupfa giheruka gushirwa mu ngiro mu 2005 muri Zimbabwe inyuma y’aho uwahoraga agishyira mu bikorwa agiriye mu karuhuko k’iza bukuru, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP.
Ubwo yari mu gace ka Harare ari kumwe n’umunyamabaganga we Mugabe yagize (…)

Prezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yasabye ko igihano cyo gupfa gisubizwaho muri icyo gihugu.

Abitangaje nyuma y’uko umukozi umwe wo mu butabera atangaje y’uko abantu bagera kuri 50 bamaze gucibwa urubanza rwo gupfa.

Igihano cyo gupfa giheruka gushirwa mu ngiro mu 2005 muri Zimbabwe inyuma y’aho uwahoraga agishyira mu bikorwa agiriye mu karuhuko k’iza bukuru, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP.

Ubwo yari mu gace ka Harare ari kumwe n’umunyamabaganga we Mugabe yagize ati : " Reka tugarukane igihano cyo kwicwa, abantu barakina n’urupfu mukwicana. Dushaka igihugu kigire amahoro y’umunezero, ntidushaka igihugu abantu bicana."

AFP ivuga ko muri iki gihugu hari abanyururu benshi bakatiwe urwo gupfa.

BBC

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa