Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ifite igihe kinga n’amezi abiri gusa, ngo ibe yateguye ingengo y’imari ingana n’iyi bihugu ybigize umuryango wa afurika y’iburasirazuba EAC ihrutse gusangamo.
Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ifite igihe kinga n’amezi abiri gusa, ngo ibe yateguye ingengo y’imari ingana n’iyi bihugu bigize umuryango wa afurika y’iburasirazuba EAC iherutse gusangamo.
Perezida Felix Tshisekedi wa Congo kandi ari ku gitutu cyo kuba yashyizeho byihutirwa minisiteri n’umu minisitiri wo kuyiyobora ugomba kujya akurikirana bihoraho ibibazo bya EAC nk’uko ibindi bihugu yasanze bibikora.
Hari ibindi byiciro kandi DRC igomba kuba yashyize mu bikorwa mu gihe kingana n’amezi 6 biyiha uburenganzira bwo kubaho ihamye muri uyu muryango ,izashyikiriza mu gihe cya vuba ubunyamabanga bukuru bw’uyu muryango.
Johnson Weru yavuze ko Congo igomba gukora byihutirwa ibyo isabwa mu nzego zose,nk’uko yabisinyiye mu cyumweru gishize I Nairobi
Yongeye ho icyambere gikenewe ari ugutegura budjet ikenewe yafasha EAC mu gutunganya ibiteganijwe mu ngengo y’imari y’umwaka izatangira ku 1 Nyakanga.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *