Ubushinwa buragirwa inama yo kutarakazwa n’itsinda ry’America muri Taiwani
Yanditswe: Tuesday 16, Aug 2022
Ku nshuro ya kabiri America yohereje irindi tsinda ry’abagize inteko mu kirwa cya Taiwani , babonana na perezida w’iki kirwa Tsai Ing-wen n’abandi bategetsi ,urugendo ruje rukurikira urw’umukuru w’inteko ishinamategeko muri America, Nancy Pelosi.
Ku nshuro ya kabiri America yohereje irindi tsinda ry’abagize inteko mu kirwa cya Taiwani , babonana na perezida w’iki kirwa Tsai Ing-wen n’abandi bategetsi ,urugendo ruje rukurikira urw’umukuru w’inteko ishinamategeko muri America, Nancy Pelosi.
Ubushinwa ntibwatinze gutangaza ko buyi gukora indi myitozo ya gisirikare ku nkengereo za Taiwani mu kugaragaraza ko batishimiye na gato iby’uru rugendo rw’abo bagize inteko ya America bari bayobowe na Senateri w’umudemokrate, Ed Markey i Taipei.
Umuvugizi muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya America, Ned Price, yabwiye itangazamakuru ko Ubushinwa buri kurenza urugero mu buryo buri kwifata muri izo ngendo .
Ambasaderi w’Ubushinwa muri ONU, Zhang Jun, kuri uyu wa mbere yavuze ko urugendo rw’abo bagize inteko ya America ari ugushotora kandi bitandukanye cyane n’ibyo igihugu cyabo kemeye ko kidakwiye gufata Taiwan nk’igihugu.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *