skol
fortebet

Ubukungu

Ibihugu bihuriye muri COMESA birikwiga uburyo byahuza uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

Mu minsi iri imbere, abaturage bo mu bihugu bihuriye ku isoko rusange ry’ibihugu byo mu (...)

Uganda: Inkongi yateye muri imwe mu mu nyubako zo ku kibuga cya Entebbe

Abashinzwe kurwanya inkongi muri Uganda bazindukiye mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yafashe (...)

Libya: Derna yashegeshwe n’imyuzure yashyinguye abapfuye mu mva rusange

Imirambo yakuwe mu myuzure wakumunzuye ibice bimwe by’umujyi uri ku cyambu cy’umugi wa Derna mu (...)

Etiyopiya Yujuje Urugomero ’Grand Renaissance’ rwateje ubushyamirane bukabije

Ministri w’Intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed, ku cyumweru yatangaje ko igihugu cye kimaze kubaka (...)

Narendra Modi yahaye ikaze AU mu muryango wa G20

Afurika yunze ubumwe (AU) yamaze kuba umunyamuryango uhoraho wa G20 nyuma y’ihuriro ry’ibihugu (...)

Ubushinwa buri munzira ihagarika ikoreshwa rya iPhone mu nzego za leta

Igihugu cy’Ubushinwa kiri gurateganya gukumira ikoreshwa rya iPhone mu nzego zimwe na zimwe za (...)

Ingendo z’indege zongeye guhabwa karibu muri muri Sudan

Ubutegetsi muri Sudan bwashishikarije sosiyeti zitwara abantu mu kirere kongera gusubukura (...)

RDC:Abashinwa 13 bafunzwe bazira magendu ya lithium

Abayobozi ba Teritwari ya Malemba Nkulu, kuri iki Cyumweru, itariki ya 27 Kanama, bataye muri (...)

Museveni yatwerereye Caguwa abazungu bapfuye abona kuyica

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko bibujijwe gutumiza mu mahanga imyenda yambaweho (...)

Umuryango wa Brics uzakira ibihugu byishya ugeze kuri 11 umwaka utaha

Mu ntangiriro z’umwaka utaha ,ibihugu bya Iran, Argentina, Egypt, Ethiopia, Saudi Arabia na Leta (...)

Abadepite ba Amerika babwiye Tshisekedi ko bamushyigikiye bamusaba gukorana

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kabiri ushize (...)

Uganda:Baribaza impamvu bohereza ibiribwa byinshi mu Rwanda nta bindi bibagarukira

Abacuruzi bo muri Uganda bakorera ku mupaka wa Gatuna baravuga ko bakomeje kohereza ibicuruzwa (...)

Perezida w’Ubushinwa yageze muri Africa y’Epfo yaherukaga kera kwitabira Brics

Perezida w’Ubushinwa yaherukaga ku mugabane wa Africa mu myaka itanu ishize, yageze muri Africa (...)

RD Congo ntiyatanzwe mu bitabiriye inama y’ibihugu by’Ibihanganjye BRICS

Repubulika ya demukarasi ya Congo yitabiriye inama y’ibihugu by’ibihangange bihuriye mu muryango (...)

Ethiopia: Inzara imaze kwivugana Abantu babarirwa mu 1400

Umwe mu bategetsi bo mu Karere ka Tigray muri Ethiopia yahishuye ko abantu bagera ku 1,400 (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 315