skol
fortebet

Abahinzi bo mu burengerazuba bwa Kenya berekanye uburyo Afurika ishobora kwigaburira

Yanditswe: Friday 08, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Byibura ,abanya Kenya bakabakaba miriyoni 4 bahura n’inzara iterwa n’uruzuba rwacanye rukangiza imyaka .

Sponsored Ad

Byibura ,abanya Kenya bakabakaba miriyoni 4 bahura n’inzara iterwa n’uruzuba rwacanye rukangiza imyaka .

Ikigo gishinzwe guhangana n’amapfa kivuga ko ibi byatewe n’uko ibigega bibika amazi n’ibyobo biyafata ubu byamaze gukama byibura ku kigero cya 80 na 90 ku ijana, cyane mu mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’igihugu cya Kenya.

Ibi byiyongereyeho kuba ikibazo cy’uburusiya na Ukraine cyaratumye ibiciro ku masoko bitumbagira cyane , byongera inzara muri afurika ku buryo budasubirwaho.

Ibigori byacungirwagaho nabyo byamaze kuzamuka mu biciro ku kigero kitigeze kibaho, kuburyo byatumye leta ya Kenya ifata icyemezo cyo gutumiza ibigori hanze y’Afurika y’iburasirazuba bwambere kuva muri 2017.

Uku bimeze ariko Kenya ntirava ku ntego yo guhangana no kwihaza mu biribwa, kubera abahinzi bo mugihugu baba abigenga n’abareta bagerageje kuzamura umusaruro wabo mu buryo bwose bushoboka.

Ikinyamakuru the East Africa cyemeza ko abahinzi bo muri Kenya bafite ububasha bwo gutunga ibihugu byabo mu gihe bafashwa kwita ku musaruro no gukurikirana ubuhinzi bwabo kuva mu ntangiriro.

Amahirwe nk’aya ngo niyo yazahura Afurika ihora ihanze amaso ibivuye hanze yayo nyamara ubutaka bw’isi ari bumwe kandi bushobora gutanga umusaruro mu gihe byitaweho n’inzego zibishinzwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa