Ubukungu
Burundi: Umuyobozi wa Sena yateruye akajerekana ajya gushaka lisansi ku muhanda
Yanditswe: Saturday 22, Jun 2024

Ubukene bw’ibikomoka kuri Peteroli(igitoro)bwinjiye ni mu bayobozi bakuru bo nzego z’u Burundi,kugera n’aho Perezida wa Sena abura lisansi akajya kuyigurira mu kajerekani.
Ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli mu Burundi gikomeje kuba agareranzamba aho Perezida wa Sena yabuze Lisansi mu nzira,afata akajerekani ajya kuyigura.
Uretse abasenateri, hashize amezi atatu Abadepite bajya ku kazi n’amaguru kubera ibura rya lisansi mu Burundi cyane ko no muri Congo bitabazaga bamaze kubakomanyiriza.
Invano y’iki kibazo, n’ibura ry’amadovize cyangwa amafaranga nvamahanga u Burundi butagikozaho imitwe y’intoki kubera bimwe mu bihano iki gihugu cyafatiwe no gufunga umupaka n’u Rwanda kuko ariho bamwe bayiguraga.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *