skol
fortebet

DR Congo: Ebola yakamejeje, abaturage basabwa kwitwararika

Yanditswe: Thursday 25, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mugi wa Beni uherereye muri kivu ya ruguru haravugwa ubwandu n’ubwiyongere bw’indwara ya Ebola yongeye kwaduka muri Congo kuncuro ya5

Sponsored Ad

Mu mugi wa Beni uherereye muri kivu ya ruguru haravugwa ubwandu n’ubwiyongere bw’indwara ya Ebola yongeye kwaduka muri Congo kuncuro ya5

Ibi byatumye inzego z’ubuzima zongere aguhamagarira abaturage kubahiriza amabwiriza yo kwirinda bashyiriweho na muganga mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’iyi ndwara ya Ebola mu buryo bwihuse kandi bukabije.

Umukuru wa sosiyeti y’abaturage muri Beni bwana Pepin Kavota, yabwiye abaturage be ko bakwiye gukaza umuco wo gukaraba intoki no kugira isuku ihagije, no kwirinda kwegerana no gukoranaho byahato na hato kuko aribyo bibakururira kwanduzanya.

Indwara ya Ebola yongeye kugaruka muri Ituri ,nyuma y’uko ivuzwe mu bice bitandukanye bya Kongo ,inshuro zigera kuri 4. Gusa bakayirwanya igakira.

Kuri ubu biravugwa ko yadutse ku ncuro ya 5,aho imaze guhitana umudamu w’imyaka 49 y’amavuko. Byatumye abakongomani bose bashishikarizwa gufata urukingo rwayo cyane mu bice byibasiwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa