skol
fortebet

IFOTO Y’UMUNSI: Umusirikare w’u Rwanda yakinnye umupira n’umwana w’I Cabo Delgado

Yanditswe: Friday 30, Sep 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ingabo z’u Rwanda zamaze kugarura ituze mu ntara ya Cabo Delgado ndetse abahatuye basubukuye ibikorwa by’ubucuruzi n’iby’imyidagaduro.
Aba baturage bakomeje gusabana n’abasirikare b’u Rwanda aho bakinnye umupira w’amaguru.
Imwe mu mafoto agaragaza ubusabane hagati y’abaturage b’i Cabo Delgado n’aba basirikare ni iyafatiwe mu gace ka Mute mu Karere ka Palma, aho Lt Col Guillaume Rutayisire yakinaga umupira n’umwe mu bana bo muri aka gace.
Hashize umwaka urenga Inzego z’umutekano z’u Rwanda zirwanya (...)

Sponsored Ad

Ingabo z’u Rwanda zamaze kugarura ituze mu ntara ya Cabo Delgado ndetse abahatuye basubukuye ibikorwa by’ubucuruzi n’iby’imyidagaduro.

Aba baturage bakomeje gusabana n’abasirikare b’u Rwanda aho bakinnye umupira w’amaguru.

Imwe mu mafoto agaragaza ubusabane hagati y’abaturage b’i Cabo Delgado n’aba basirikare ni iyafatiwe mu gace ka Mute mu Karere ka Palma, aho Lt Col Guillaume Rutayisire yakinaga umupira n’umwe mu bana bo muri aka gace.

Hashize umwaka urenga Inzego z’umutekano z’u Rwanda zirwanya ibyihebe muri ako gace.Nyuma yo kubitsinda, ubu byinshi mu bikorwa byongeye gufungura imiryango muri Cabo Delgado.

Abanyeshuri bagarutse ku mashuri, ishuri ribanza rya Mute ryigaho abarenga 600 kuri ubu bose bari barahunze imiryango yarafunze, guhera mu kwezi kwa 7 nibwo batangiye kugaruka gacye gacye.


AMAFOTO:IGIHE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa