skol
fortebet

Kenya:Umupadiri yapfiriye mu cyumba cya Hoteli yari yazanyemo umugore

Yanditswe: Monday 10, Jul 2023

featured-image

Sponsored Ad

Joseph Kariuki wari umwe mu ba padiri ba Kiliziya Gatolika muri Kenya yitabye Imana aguye mu cyumba cya hoteli yari yararanyemo n’umukobwa w’imyaka 32 bivugwa ko yari amaze igihe ari ihabara rye.
Amakuru dukesha The Nation avuga ko Joseph Kariuki wari usanzwe ukorera umurimo w’Imana muri Paruwasi ya Ruai i Nairobi, yavuye muri aka gace yari asanzwe abamo yerekeza i Murang’a ku wa Gatanu.
Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu nibwo uyu mukobwa yaje gukanguka ariko asanga uyu mupadiri we atagihumeka (...)

Sponsored Ad

Joseph Kariuki wari umwe mu ba padiri ba Kiliziya Gatolika muri Kenya yitabye Imana aguye mu cyumba cya hoteli yari yararanyemo n’umukobwa w’imyaka 32 bivugwa ko yari amaze igihe ari ihabara rye.

Amakuru dukesha The Nation avuga ko Joseph Kariuki wari usanzwe ukorera umurimo w’Imana muri Paruwasi ya Ruai i Nairobi, yavuye muri aka gace yari asanzwe abamo yerekeza i Murang’a ku wa Gatanu.

Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu nibwo uyu mukobwa yaje gukanguka ariko asanga uyu mupadiri we atagihumeka uw’abazima, ahita ahamagara ubuyobozi bwa Monalisa Hotel bari barayemo.

Amakuru yatanzwe n’umwe mu bakozi b’iyi hoteli avuga ko “Padiri Joseph Kariuki yari umukiliya wabo w’imena ku buryo yazaga muri iyi hoteli inshuro nyinshi, mu gihe yabaga ashaka kugirana ibihe byiza n’umukunzi we.”

Ibitekerezo

  • Tu ne peux pas servir deux maitres a la fois!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa