skol
fortebet

U Rwanda ruri mu bihugu bya mbere muri Afurika Icyizere cyo kubaho kiri hejuru

Yanditswe: Thursday 18, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Nk’uko ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara na OMS ku ya 4 Kanama bubitangaza, icyizere cyo kubaho /ubuzima muri Afurika cyiyongereyeho imyaka icyenda hagati ya 2000 na 2019, kiva ku myaka 47 kigera ku myaka 56 - ugereranije n’imyaka 64 ku batuye isi muri rusange.
Iterambere riri kure cyane muri Afurika, ugereranyije n’bihugu byateye imbere aho n’icyizere cy’ubuzima kiri hejuru.
Abanyafurika babaho nibura imyaka igera ku icumi “bafite ubuzima bwiza” hashingiwe ku mpuzandengo. RFI ivuga ko ari (...)

Sponsored Ad

Nk’uko ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara na OMS ku ya 4 Kanama bubitangaza, icyizere cyo kubaho /ubuzima muri Afurika cyiyongereyeho imyaka icyenda hagati ya 2000 na 2019, kiva ku myaka 47 kigera ku myaka 56 - ugereranije n’imyaka 64 ku batuye isi muri rusange.

Iterambere riri kure cyane muri Afurika, ugereranyije n’bihugu byateye imbere aho n’icyizere cy’ubuzima kiri hejuru.

Abanyafurika babaho nibura imyaka igera ku icumi “bafite ubuzima bwiza” hashingiwe ku mpuzandengo. RFI ivuga ko ari ubushakashatsi buherutse gukorwa n’Umuryango w’Abibumbye wita ku Buzima.

Raporo itanga imibare ikurikije uturere ibihugu biherereyemo, ariko ntabwo itanga igihugu kimwe gusa. Afurika y’Iburasirazuba n’ibihugu umunani bya Igad bateye imbere cyane, bava ku ijanisha ry’imyaka 43 na 45 mu mibereho myiza bariho mu 2000 bagera kuri 58 na 57 muri 2019.

Nyamara, ibihugu biri mu ntambara n’umutekano muke utuma ubukene bwiyongera ntihashorwe imari mu buvuzi ariyo mpamvu byaje ku myanya ya nyuma.

Ibihugu nka Repubulika ya Centrafrique, Nigeria, Siera Leone, Tchad na Lesotho biri inyuma kuri uru rutonde rw’ibihugu bifite icyizere cyo kubaho kiri hasi cyane. Repubulika ya Centrafrique niyo ya nyuma ku isi.

Reba urutonde rw’ibihugu Icyizere cyo kubaho kiri hejuru n’ijanisha ry’amafaranga buri muturage yinjiza ku mwaka:

Reba ibihugu iki cyizere cyo kubaho kiri hasi:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa