skol
fortebet

Visi Perezida wa US yavuze ku mugore wa Perezida Biden wasomye umugabo we ku munwa

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Saturday 11, Feb 2023

Visi Perezida wa US yavuze ku mugore wa Perezida Biden wasomye umugabo we ku munwa

Sponsored Ad

skol

Visi Perezida wa Amerika, Kamala Harris yagize icyo avuga nyuma y’aho umugabo we Doug Emhoff n’umugore wa Perezida wa Amerika Jill Biden bafotowe basomana ku munwa.
Uku gusomana kwabaye kuwa Kabiri tariki ya 7 Gashyantare,ubwo aba bombi bahuriraga aho Perezida wa Amerika, Joe Biden,yari agiye kugeza ijambo ku baturage.
Bamwe mu babibonye bavuze ko ako kabizu katari gakwiye ndetse bamwe kuri Twitter bacitse ururondogoro babaza niba gusomana n’umuntu warushinze n’undi muntu byemewe. (…)

Visi Perezida wa Amerika, Kamala Harris yagize icyo avuga nyuma y’aho umugabo we Doug Emhoff n’umugore wa Perezida wa Amerika Jill Biden bafotowe basomana ku munwa.

Uku gusomana kwabaye kuwa Kabiri tariki ya 7 Gashyantare,ubwo aba bombi bahuriraga aho Perezida wa Amerika, Joe Biden,yari agiye kugeza ijambo ku baturage.

Bamwe mu babibonye bavuze ko ako kabizu katari gakwiye ndetse bamwe kuri Twitter bacitse ururondogoro babaza niba gusomana n’umuntu warushinze n’undi muntu byemewe.

Harris yagize icyo abivugaho.Ati "Ntabwo nabonye amashusho ariko ndabizi ko umufasha wa Perezida n’umugabo wanjye bari gukora cyane ku byo turi gukoraho byo kurwanya ivangura rikorerwa abayahudi."

Ibitekerezo

  • Ndumva ntakintu bitwaye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa