skol

Ubuzima

Menya indwara ya Endometriosis itera uburibwe bukabije bw’imihango

Endrometriosis ni indwara ifata mu myanya myibarukiro y’abagore, ituma agace ka endometrium kaba (…)

Abashakashatsi bavumbuye umuti mushya ushobora kubuza kanseri y’ibere gukura

Ubushakashatsi bwamurikiwe mu nama y’ihuriro ry’abaganga b’inzobere mu kuvura kanseri bo muri (…)

Ibimenyetso bikwereka ko ukeneye gusezera akazi

Umwanzuro wo guhagarika inshingano runaka wigeze kukuzamo? Hari habaye iki? Wabishobojwe n’iki? (…)

Byinshi kuri ‘Brazilian Butt Lift’, uburyo burimbisha ikibuno bwahuruje Abanyafurika

Mu minsi yo hambere wabyumvaga mu nkuru zihwihwiswa gusa kwemera ko bishoboka bikaba (…)

Uganda: Umuntu wa 2 Yahitanywe na Ebola

Umuntu wa kabiri yanduye ikiza ca Ebola muri Uganda yitavye Imana. Ishami rya ONU ryitaho (…)

Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga

Indwara yo kubatwa n’inzoga ni ikibazo cy’ubuzima gishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima (…)

Dore ibyiza byo gukora imyitozo ngororamubiri ku bagore batwite

Bamwe mu bagore batwite ndetse n’imiryango yabo, ngo bakunze guhura n’ikibazo cyo kwibaza niba (…)

Umuherwe Aga Khan uzwi cyane mu karere nka nyiri ibitaro bikomeye biri i Nairobi yapfuye

Aga Khan, umuherwe utunze za miliyari z’amadorari akaba n’umuyobozi mu by’ukwemera yapfuye ku (…)

Ibitaro mu Burundi byugarijwe n’inkomere z’abasirikare barasiwe muri Congo na M23

Amakuru ava mu Burundi, aremeza ko i Bitaro bya gisirikare bya Kamenge, biherereye mu Mujyi wa (…)

Amerika yatangaje ko izivana mu bihugu bigize OMS

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko ubabajwe nuko Leta zunze (…)

Tanzania yateye utwatsi iby’icyorezo cya Marburg ku butaka bwayo

Nyuma y’aho ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, rivuze ko abantu byibuze (…)

Tanzania: Icyorezo cya Marburg cyishe abantu 8 mu 9 bacyanduye

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), kuri uyu wa 15 Mutarama 2025 ryatangaje (…)

Ingurube n’ibindi nk’amagi n’ikizira mu mafunguro ya Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yagaragaje ko hari ibiribwa biboneka ku bwinshi mu (…)

Impamvu zituma intoki zawe zigaragara nk’izishaje

Hari ubwo intoki zawe zigaragara nk’izishaje nyamara nta kazi kenshi wakoze bityo bigatuma (…)

Ubukonje budasanzwe bumaze guhitana 6 muri America

Ubukonje bukabije bwugarije leta nyinshi zo muri America, nibura abantu batandatu bamaze (…)