skol
fortebet

Ubuzima

Ghana: Intare zishe umuntu wuriye uruzitiro rw’aho ziba

Abashinzwe umutekano bakomeje iperereza nyuma y’aho umugabo umwe yishwe n’intare amaze kurira (...)

Umukozi wo mugikoni cya White House yapfuye ku myaka 78

Roland Mesnier, wavukiye mu Bufaransa wahoze ateka imigati y’ibiro bya Perezida w’Amerika bizwi (...)

Kenya: Yafunzwe azira kureka umwana we w’imyaka 8 agatwara imodoka

Umwana w’umuhungu w’imyaka icyenda wambaye umwenda w’ishuri yahagaritswe na polisi mu murwa mukuru (...)

Papa Francis arifuza ko Korea ya Ruguru imutumira akayisabira mahoro

Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo ya Korea y’Epfo, KBS, kuri uyu wa Gatanu, Papa Francis (...)

Dr Tedros wa OMS yabuze uko atabara umuryango we wishwe n’inzara

Umukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO), Dr Tedros Ghebreyesus, (...)

Korea y’Epfo yongeye guca agahigo ko kuvukisha abana bake

Igihugu cya Korea y’Epfo cyongeye kuza ku mwanya wa mbere kw’isi , aho umugore abyara umwana (...)

Ku myaka 17 yabaye umuntu muto uzengurutse isi mu ndege wenyine

Umuhungu w’ingimbi utwara indege yabaye umuntu wa mbere muto ku isi utwaye indege nto wenyine (...)

DR Congo: Ebola yakamejeje, abaturage basabwa kwitwararika

Mu mugi wa Beni uherereye muri kivu ya ruguru haravugwa ubwandu n’ubwiyongere bw’indwara ya Ebola (...)

Umugore wa Kobe Bryant yagenewe akayabo kubera amafoto y’impanuka

Umupfakazi wa Kobe Brayant yagenewe impozamarira ya miliyoni $16 kubera amafoto yasohowe (...)

Minisitiri w’Intebe wa Finland yapimwe ibiyobyabwenge nyuma yo kugaragara abyina

Minisitiri w’intebe wa Finland yavuze ko yapimwe ibiyobyabwenge, nyuma y’amashusho yagaragayemo (...)

U Rwanda ruri mu bihugu bya mbere muri Afurika Icyizere cyo kubaho kiri hejuru

Nk’uko ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara na OMS ku ya 4 Kanama bubitangaza, icyizere cyo (...)

Zimbabwe: Indwara ya Shishikara yibasira abana imaze guhitana abasaga150

Indwara ya Shishikara yabaye nk’icyorezo muri Zimbabwe, kuko ubu imaze guhitana abana babarirwa (...)

Omicron yakorewe urukingo rwihariye rushobora kuzayihangamura

Uru rukingo rwa Moderna rwahawe uburenganzira n’ikigo cy’Abongereza gishinzwe imiti (MHRA), nyuma (...)

Puderi ya Johnson baby yarimaze imyaka 130 icuruzwa igiye kuvanwa ku isoko

Ubwo ko bw’iyi Puderi bwamenyekanye cyane mu myaka myishi ishize kandi n’abanyarwanda batari bake (...)

Ingona yaciye umutwe umwana w’umuhungu wari ugiye kuroba

Umwana muto yaciwe umutwe n’ingona ubwo yari kumwe n’incuti ze bari bajyanye kuroba amafi iki (...)

0 | ... | 375 | 390 | 405 | 420 | 435 | 450 | 465 | 480 | 495 | ... | 1260