skol

Ubuzima

Umudipolomate w’Ubwongereza mu Bushinwa yakoze benshi ku mutima kubera ukuntu yatabaye umugore wari ugiye kurohama

Nubwo ari umunyacyubahiro,Bwana Stephen Ellison,uherutse koherezwa guhagararira Ubwongereza mu (…)

Kenya: Covid-19 yishe abaganga 10 mu minsi 4, none bagiye kwigaragambya

Ihuriro ry’abaganga muri Kenya ryaburiye leta ko mu minsi 21 rizakora imyigaragambyo, ni nyuma (…)

Jerry Rawlings wayoboye Ghana yatabarutse azize uburwayi

Jerry John Rawlings wahoze ari perezida wa Ghana yatabarutse afite imyaka 73, yapfiriye mu (…)

Amadou Toumani Touré wabaye perezida wa Mali imyaka 10 yapfuye

Amadou Toumani Touré wahoze ari perezida wa Mali uyu munsi yatabarutse ku myaka 72, yari azwi (…)

Umukobwa wari urembeye mu bitaro yafashwe ku ngufu na muganga n’abakozi b’ibitaro barangije baramwica

Mu gihugu cy’Ubuhinde gufata ku ngufu bikomeje kuba umuco karande kuko ubu havugwa inkuru (…)

Abantu 27 bakize Covid-19 mu Rwanda mu gihe abandi 03 bayanduye

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bipimo 1,810 byafashwe kuri uyu wa 30 Ukwakira 2020 byemeje (…)

New Zealand: Batoye itegeko ryemera ko abantu bafashwa gupfa igihe barembye cyane batabasha gukira

Abaturage ba New Zealand/ Nouvelle Zelande batoye ku bwiganze bemera itegeko ry’igikorwa cya (…)

Perezida Macron yashyizeho ’guma mu rugo’ ya kabiri mu Bufaransa

Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa yaraye atangaje ingamba za ’guma mu rugo’ mu gihugu hose (…)

NASA yavumbuye ku kwezi ikintu gifitiye akamaro kanini abatuye isi

Ikigo cy’ubushakashatsi mu isanzure cya leta ya Amerika, NASA, cyatangaje ibimenyetso ntakuka (…)

Poland: Abashyigikiye gukuramo inda bafunze imihanda bamagana icyemezo cy’urukiko

Abantu babarirwa mu bihumbi bafunze imihanda mu bice bitandukanye bya Pologne (Poland) ku munsi (…)

Uruhinja rwabonetse ku kibuga cy’indege bituma abashinzwe umutekano basuzuma abagore bose mu myanya y’ibanga

Leta ya Australia ivuga ko irimo gusaba ibisobanuro leta ya Qatar ku makuru yo "kuvogera (…)

Umukunzi wa Jamal Khashoggi yareze igikomangoma cya Saudi Arabia

Umukunzi w’umunyamakuru wo muri Arabie saoudite Jamal Khashoggi yatanze ikirego arega (…)

Inkangu yarengeye ikigo cya gisirikare muri Vietnam benshi bahasiga ubuzima

Muri Vietnam harimo gushakishwa abasirikare 11 bari mu bari mu kigo cyabo kikarengerwa n’inkangu.

Melania Trump yavuze ko umuhungu wabo Barron yari afite Coronavirus

Barron, umuhungu w’imyaka 14 wa Perezida Donald Trump w’Amerika, yanduye coronavirus ariko nyuma (…)

Umupfumu yafashe ku ngufu umwana w’imyaka 14 yari agiye kuvura akubitwa inkoni nyinshi n’abaturage

Umupfumu witwa P Shivaprasad wari umaze amezi 3 afata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 14 (…)