Mu minsi ishize nibwo ibihuha byari byinshi ko nyuma y’aho Masudi Djuma asezereye mu ikipe ya Rayon Sports, yifuzwa n’ikipe ya Vital’o ndetse ko bari mu biganiro, ariko ku munsi w’ejo iyi kipe...
Ubuyobozi bw’ikipe ya FC Barcelona bwatangiye kurambagiza umukinnyi wo gusimbura Neymar Jr waguzwe n’ikipe ya PSG akayabo ka miliyoni 198 z’amapawundi,aho bahereye ku musore Ousmane Dembele ukina mu...
Bimenyimana Caleb Bonfils wari umaze iminsi avugwa cyane ko ariwe ubuyobozi bwa Rayon Sports bushaka gusimbuza Nshuti Savio wamaze kerekeza mu ikipe ya AS Kigali aguzwe akayabo ka miliyoni 16....
Umunyarwanda Tuyisenge Jacques ukina mu ikipe ya Gor Mahia mu gihugu cya Kenya arifuzwa cyane n’umutoza Jose Marcelo Ferreira uzwi nka Ze Maria w’ikipe ya FK Tirana yo mu gihugu cya Albania we na...
Ahagana i saa sita z’igicu nibwo Paul Kagame yageze ku cyicaro gikuru cya FPR Inkotanyi, i Rusororo ahari hateraniye abanyamuranyango n’inshuti zabo. Paul Kagame yari aherekejwe n’umuryango we...
Umutoza mushya wa Kiyovu Sports Casa Mbungo Andre aratangaza ko yiteguye kugarurira iyi kipe mu ruhando rw’amakipe ahatanira ibikombe mu Rwanda.
Kiyovu Sports n’imwe mu makipe amaze igihe muri...
Nzaramba Eric wamamaye nka Senderi International Hit muri Muzika yamaze gushyira hanze indirimbo yise ‘FPR Yahozeho’. Muri iyi ndirimbo yumvikana agira ati ““FPR yahozeho ariko ntibabimenya iyo baza...
Turi ku wa Gatandatu tariki ya 05 Kanama, ni umunsi wa 217 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 148 niyo isigaye ngo ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku wa gatandatu inshuro 56....