skol

Amerika yatangiye guha imyitozo abasirikare b’ Afurika barwanira mu mazi

Yanditswe: Thursday 16, Mar 2023

featured-image

Leta nzunze ubumwe z’Amerika zatangiye guha imyitozo ya gisirikare, abasirikare batandukanye bo mu bihugu byo muri Afurika yo muburengerazuba basanzwe barwanira mu mazi.

Leta nzunze ubumwe z’Amerika zatangiye guha imyitozo ya gisirikare, abasirikare batandukanye bo mu bihugu byo muri Afurika yo muburengerazuba basanzwe barwanira mu mazi.

Muri iyo myitozo , ubwato bw’ibihugu by’Afurika y’uburengerazuba basanze bwarashaje ubuni bumera ho ibyatsi kubera ku tabukoresha bahitamo kubufata n’abari babirinze.

Abari muri ubwo bwato bwaguye ingesi , n’ubw’abasanzwe bazwiho gushimuta amato y’ibicuruzwa mu mazi n’inyanja.

Ni imyitozo irimo gutangirwa mu ruzi rwa Volta River mu gihugu cya Ghana kuva mu mpera z’icyumweru gishize igamije kuzamura urwego rw’igisirikare cy’afurika by’umwihariko iyo mu burengerazuba.

Inabera kandi mu Nyanja no mu nzuzi zitandukanye ,aho abasirikare bazaba bafite ububasha bwo kurwanya no kubohoza aba bashimuswe n’amabandi yo mu mazi n’inyanja ahegereye Afurika.

Biteganijwe ko iki gikorwa kizakurikirwa n’abakuru b’ibihugu bahawe iyo mpano na America nk’uko Reuters yabitangaje.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa