skol

Burundi: Habonetse imirambo bivugwa ko ari iy’inyeshyamba zikomoka mu Rwanda

Yanditswe: Sunday 04, Dec 2022

featured-image

Kuri uyu wa gatanu niho abarinzi b’ishyamba rya Kibira babonye imirambo icyenda yari itangiye ahitwa Gafumbegeti,ni muri zone Butahana muri komine Mabayi y’intara ya Cibitoke. Abaturage begereye iryo shyamba bavuga ko iyo mirambo ihora iboneka
Nkuko tubikesha ikinyamakuru Sos Medias Burundi, Intambara za nyuma hagati y’igisirikare cy’Uburundi n’abarwanyi bafite inkomoko mu Rwanda zahitanye abarwanyi icyenda b’Abanyarwanda .
Umwe mu baturage urinday ishamba rya kibira yavuganye na Sos (…)

Kuri uyu wa gatanu niho abarinzi b’ishyamba rya Kibira babonye imirambo icyenda yari itangiye ahitwa Gafumbegeti,ni muri zone Butahana muri komine Mabayi y’intara ya Cibitoke. Abaturage begereye iryo shyamba bavuga ko iyo mirambo ihora iboneka

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Sos Medias Burundi, Intambara za nyuma hagati y’igisirikare cy’Uburundi n’abarwanyi bafite inkomoko mu Rwanda zahitanye abarwanyi icyenda b’Abanyarwanda .

Umwe mu baturage urinday ishamba rya kibira yavuganye na Sos Medias Burundi agira ati :“Bishoboka ko yaba ari imirambo yatowe irimo kubora ikaba yari yambaye umwambaro wa gisirikare wa Congo,ikaba yatowe kuri uyu wa gatanu ku nkengero y’ishyamba.

Isoko mu gisirikare cy’Uburundi ivuga ko imirwano ikomeye yabaye hagati y’igisirikare cy’Uburundi n’abo barwanyi b’abanyarwanda bafite ibirindiro muri Congo yatumye igisirikare cy’uburundi gifata intwaro nyinshi ntoya n’inini. “

Ibirindiro bitari bike na byo byarafashwe . Bari babirimo kuva muri 2015” Niko ayo masoko mu gisirikare cy’uburundi akomeza avuga.

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

     Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
     irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
     yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
     irwanya umuriro wa Malaria
     yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
     irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
     ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
     Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa