Inkongi yangije byinshi hafi y’ umupaka w’ u Rwanda na Congo [AMAFOTO]
Yanditswe: Thursday 17, Aug 2017
Amazu arenga 50 yahindutse umuyonga andi 20 arangirika kubera inkongi yibasiye umugi wa Ngoma mu gihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo.
Iri sanganya ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Kanama 2017 hafi y’ umupaka muto uhuza u Rwanda na RDC.
Uyu muriro waturutse ku iturika ry’ itsinga z’ amashanyarazi; usiga abarenga 100 badafite aho bakinga umusaya gusa nta muntu n’ umwe wahatakarije (...)
Amazu arenga 50 yahindutse umuyonga andi 20 arangirika kubera inkongi yibasiye umugi wa Ngoma mu gihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo.
Iri sanganya ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Kanama 2017 hafi y’ umupaka muto uhuza u Rwanda na RDC.
Uyu muriro waturutse ku iturika ry’ itsinga z’ amashanyarazi; usiga abarenga 100 badafite aho bakinga umusaya gusa nta muntu n’ umwe wahatakarije ubuzima.
Ibitekerezo
Inkongi z agatsiko ziramenyérewe