skol

Umutekano

Niger: nyuma y’icyemezo cy’Ubufaransa cyo gukura ingabo zabo muri iki gihugu,Amerika niyo itahiwe

Nta gihe gishize Perezida Macron W’Ubufarasa yemeje ko azakura byihuse ingabo ze muri Niger (…)

RDC:M23 iravugwaho kongera ingabo nyinshi muri Komine Kibumba

Ubuyobozi bwa sosiyete sivile ya teritware ya Nyiragongo mu ntara ya Kivu ya ruguru burasaba (…)

Imirwano ikaze hagati ya M23 na Nyatura yaramukiye i masisi

Kuri u yu wa Mbere, muri Teritwari ya Masisi haramukiye imirwano yongeye guhanganisha (…)

Somaliya: Abarenga 13 baguye mu gitero cy’umwiyahuzi abandi 45 barakomereka

Abakozi bo mu by’ubutabazi muri Somaliya bakomeje gushakisha abahitanywe n’igisasu cyatezwe mu (…)

Uganda yigambye kwica umwe mu bakuru b’ibyihebe bya ADF

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda mu mpera z’icyumweru yatangaje ko igitero cy’indege (…)

Ukraine yigambye guhitana benshi mu bakomanda b’Uburusiya barwanira mu mazi

Ukraine ivuga ko igitero cya misile cyo ku wa gatanu ku biro bikuru by’amato y’intambara (…)

Umukuru w’igisirikare cya Sudan avuga ko yiteguye ibiganiro by’amahoro

Umukuru w’igisirikare cya Sudan yabwiye BBC ko ashaka kuganira n’umukuru w’inyeshyamba arimo (…)

Amerika igiye guha Ukraine misile zirasa kure

Perezida w’Amerika Joe Biden arateganya guha Ukraine misile zigezweho zirasa mu ntera ndende mu (…)

Nijeriya:Umunyamakuru wari waburiwe irengero yasanzwe yapfuye

Hamisu Danjibga wahoze ari umunyamakuru ukunzwe kuri Radio ya Nijeriya yasanzwe yapfiriye mu (…)

FARDC yasabwe kwitondera M23 iri kongera Abarwanyi bayo mu Majyaruguru ya Goma ku bwinshi

Ubuyobozi bwa sosiyete sivile ya teritware ya Nyiragongo mu ntara ya Kivu ya ruguru burasaba (…)

Umugabo yishe nyina bapfuye idini yari yinjiyemo

Ku wa kabiri,umugabo w’imyaka 45 yishe nyina nawe ariyahura bari mu rugo rwabo i Githunguri, mu (…)

Kajugujugu y’igisirikare cya Kenya yakoze impanuka ihitana abantu benshi

Indege yo mu bwoko bwa kajugujugu y’igisirikare cya Kenya, yari iri mu bikorwa byo gucunga (…)

Tshisekedi yashimangiye kutazigera aganira na M23 yemeza ko ubu FARDC ikomeye

Mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba muri Amerika mbere yo kujya ku ruhimbi rw’Umuryango (…)

Libya: Inzu ya ’Meya’ yatwitswe mu myigaragambyo ishingiye ku myuzure

Urugo rw’umukuru w’umujyi (Mayor) wa Derna mu burasirazuba bwa Libya rwatwitswe, mu gihe (…)

Gén-maj Peter Cirimwami Nkuba yagizwe guverineri wa Kivu ya Ruguru [Amateka ye]

Général-major Peter Cirimwami Nkuba yagizwe guverineri wa gisirikare w’agateganyo w’Intara ya (…)