skol

Umutekano

Ntibisanzwe :Umukozi wo muri Amerika yafashwe na moteri y’indege iramwica

Umukozi wo ku kibuga cy’indege muri leta ya Texas muri Amerika yapfuye nyuma yo gufatwa muri (…)

Abakozi ba UN bafatiwe ku mupaka bashaka kwinjiza ibiyobyabwenge

Abakozi batatu b’Umuryango w’Abibumbye batawe muri yombi bakekwaho gushaka kunyuza magendu (…)

Kenya: Igitero cy’abitwaje intwaro cyahitanye 5 mu Karere ka Lamu

Abantu bitwaje intwararo bagabye igitero ku biro bya Salama na Juhudi biri mu karere ka Lamu (…)

RDC:Urukiko rwa gisirikare rwakatiye 12 urwo gupfa abandi bagirwa abere

Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye urwo gupfa abantu 12 bashinjwa ibyaha by’iterabwoba bakoreye (…)

Uburusiya:I Moscou Abaturage Bategetswe Kutajya Ku Kazi kuri uyu wambere

Umuyobozi w’umutwe w’abacancuro wa Wagner, Evgeni Prigozhin, amaze gusohora ubutumwa avuga ko (…)

ONU yamaganye Ubwicanyi buri gukorerwa Abasivile muri Darfur

Umuryango w’abibumbye wongeye gusaba ko ubwicanyi bukorwa ku basivili bukorwa n’umutwe witwara (…)

Umukuru w’umutwe w’abarwanyi ba Wagner yahize gukuraho abayobozi bakuru b’Igisirikare cy’u Burusiya

Umuyobozi w’umutwe w’abacanshuro wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, yatangaje ko azakora ibishoboka (…)

DRC - Masisi: Intambara hagati ya M23 na Nyatura yakomeye benshi bari guhunga

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko mu gace ka (…)

U Burusiya bwashinje Ukraine kurasa ikiraro cya Chonhar kiyihuza na Crimea

Abayobozi b’u Burusiya baravuga ko Ukraine yibasiye ikiraro gihuza amajyepfo ya Ukraine na (…)

Uganda: Abanyeshuri 3 babashije gutoroka ababashimuse mu gitero ku ishuri

Abanyeshuri batatu muri batandatu bashimuswe n’abagabye igitero ku ishuri ryo mu burengerazuba (…)

Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado biravugwaho ikoranire na ADF irwanya Uganda

Umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire (…)

Uganda:Yigambye gukorana n’ibyihebe bya ADF birangira atawe muri yombi

Inzego z’umutekano za Uganda zafashe umugabo witwa Kalenzi Resto wagiye ku mbuga nkoranyambaga (…)

Raporo ku byaha bikorwa n’igisirikare yagaragaje ko abantu 31.000 bishwe n’ibisasu muri 2022

Raporo y’Umuryango wo mu Bwongereza ukusanya amakuru n’ubushakashatsi ku bikorwa by’ihohotera (…)

Filippo Grandi ukuriye ishami rya HCR yatabarije abaturage ba Sudani

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa kabiri, Grandi yatabarije (…)

U Burusiya bwashinje Amerika umugambi wo kwanduza malariya abasirikare babwo

Umusirikare ufite ipeti rya general mu ngabo z’u Burusiya yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)