skol

Umutekano

U Burusiya bugiye kuzana umushinga wo gukorera indege z’intambara muri Uganda

Guverinoma y’u Burusiya yatangaje ko iteganya kugira Uganda icyanya ikoreramo ibikoresho bya (…)

Al-Qaeda yarekuye Umunya-Australia yari imaze imyaka 7 ishimuse

Muganga w’Umunya-Australia wari umaze imyaka irenga irindwi ari mu maboko y’intagondwa za (…)

RDC : Abanyarwanda barashinjwa guteza ibiza byishe abarenga 400 muri Kalehe

Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo irashinja impunzi z’Abanyarwanda bo mu bwoko (…)

DRC: Maj Gen Muthuri Kiugu wasimbuye Jeff Nyagah ku buyobozi bwa EACRF yatangiye imirimo

Umugaba mushya w’ingabo z’umuryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba (EAC) zoherejwe muri DR (…)

Abarinzi ba Parike Biciwe mu Burasirazuba bwa Kongo n’abantu batazwi

Abari bashinzwe kurinda umutekano muri pariki batatu, biciwe mu burasirazuba bwa Repuburika ya (…)

Sudani: Leta Yagabye Ibitero Bikomeye ku Barwanyi ba RSF Bayirwanya

Ibitero bikaze by’indege byakubise uduce tw’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Sudani, Khartoum uyu (…)

Guverinoma ya Lesotho Yashyizeho Amasaha y’Umukwabu Kubera Ubwicanyi

Birabujijwe gusohoka guhera saa yine y’ijoro kugera saa kumi mu rukerera. Si mu murwa mukuru (…)

Kashobotse akabakoresha permis “z’indyogo” Police ivuga ko yahagurukiye

Polisi y’Igihugu yatangaje ko igiye gukora umukwabo ku bantu bakoresha uruhushya rwo gutwara (…)

Umukozi wo murugo ukekwaho kwica nyirabuja agatoroka yafashwe avuga n’icyabimuteye

Ukekwaho kwica umukecuru w’imyaka 75 yakoreraga akazi ko mu rugo wo mu Murenge wa Kabagari mu (…)

SADC mu mugambi karundura wo gusimbura Ingabo za EAC muri RDC

Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC), urateganya gukora indi nama (…)

Nigeria: Ubushyamirane hagati y’abashumba n’abahinzi bwaguyemo abasaga 30

Muri Leta ya Plateau yo muri Nigeria, abantu basaga 30 bapfuye baguye mu bushyamirane bwabaye (…)

DRC: Raport ya l’ONU yagaragaje ko abantu 358 barimo abagore n’abana bishwe mu kwezi kumwe

Igenzura ryakozwe n’ibiro bya ONU bikurikirana uburenganzira bwa muntu muri RDC mu kwezi kwa (…)

Titanic yagaragajwe mu bundi buryo bushobora gusobanura neza ibyabaye ubwo yarohamaga mu 1912

Ibisigazwa by’ubwato byamamaye cyane ku isi ni ibya Titanic, ubu byerekanywe mu mafoto atarigeze (…)

Ubutasi bwa Amerika bwahinduye umuvuno mu gutata amakuru y’u Burusiya

Ikigo cy’Ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), cyahinduye umuvuno gitangiza uburyo bwo (…)

RDC :Ubutegetsi bwa gisirikare bwashinjwe kuzambya umutekano bwongerewe gihe

Inteko ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nanone yongereye igihe ubutegetsi (…)