skol

Umutekano

Abakongoman b’abatutsi baravugako bari gukumirwa kwiyandikisha ngo bazatore

Abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi mu burasirazuba bwa Congo baravuga ko bakomeje gukorerwa (…)

M23 yananiwe gufata Sake mbere yo guhagarika imirwano

Kuri uyu w 06 Werurwe umutwe wa M23 wananiwe gufata umujyi wa Sake nk’uko wabyifuzaga mbere (…)

FARDC yashinje M23 kurasa ku ngabo z’u Burundi ihita isubizwa

Igisirikare cya Leta ya Congo, FARDC cyavuze ko ibisasu bya M23 byahitanye umuntu umwe, ndetse (…)

M23 yongeye gufata akandi gace ihishura ikiratuma yemera guhagarika imirwano kuri uyu wa Kabiri

Umutwe wa M23 wemeye ko witeguye kumvira Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron ugahagarika (…)

’Buri gihe hagomba kwitegwa ibintu nk’ibyo’ – FARDC ivuga ku musirikare wishwe na RDF

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kivuga ko umwuka mubi uri hagati (…)

Biravugwa ko M23 yaba yiyemeje guhirika ubutegetsi bwa RDC

Hari kunuganugwa ko M23 yaba imaze kurambwirwa uburyo Leta ya Felix Tshisekedi igenda biguru (…)

Abategetsi ba gisirikare ba SADC basuye ahari kubera imirwano muri DRC

Abategetsi ba gisirikare bo mu bihugu bigize ishyirahamwe SADC ryo mu Majyepfo ya Afrika bari mu (…)

EJVM yakoze iperereza ku iraswa ry’umusirikare wa RDC ku butaka bw’u Rwanda

Itsinda rihuriweho n’Ingabo zo mu Karere k’Ibiyaga bigari rishinzwe kugenzura ibibera ku mupaka (…)

M23 yemeye ubusabe bwa Perezida wa Angola

Umutwe w’inyeshyamba wa M23 wemereye Perezida w’ Angola ko ugiye guhagarika imirwano yose (…)

U Burundi bugiye kohereza ingabo zigera ku 100 gusa muri RDC

Inama y’abagaba bakuru b’ingabo zo mu karere bamaze kwemeza ko guhera kuri uyu wa Gatandatu (…)

Amerika yemeje ko intambara y’Uburusiya na Ukraine ishobora kumara indi myaka itatu

Umwe mu bayobozi bakuru muri Pentagon yavuze ko intambara yo muri Ukraine idateze kurangira mu (…)

M23 yavuze ku birego byo gufata ku ngufu abagore 100 ishinjwa

Amashyirahamwe aharanira uburenganzira bw’abagore aratangaza ko imitwe yitwaje intwaro yafashe (…)

FARDC ikomeje kurashisha indege M23 nyuma yo kunanirwa ku butaka

Amakuru aturuka Muri RDC aravuga ko umutwe wa M23 uri kuraswa ibibombe bikomeye n’igisirikare (…)

Byinshi wamenya ku ndwara y’ubwoba ishobora gutera umuntu kwigunga

Indwara y’ubwoba izwi nka “ Phobie” igaragara nk’ikibazo cyo mu mutwe, aho umuntu uyifite agira (…)

UN yahagaritse indege zayo z’ubutabazi muri Kivu y’Amajyaruguru na Ituri nyuma yo kuraswa kw’imwe

Kuri uyu wa mbere, Umuryango w’abibumbye watangaje ko wahagaritse ingendo z’indege z’ubutabazi (…)