skol

Umutekano

Al-Shabab yishe abasirikare 10 ba Somaliya

Umuvugizi w’Igisirikare cya Somaliya mu majyepfo y’umujyi wa Kismayo, yabwiye Ijwi rya Amerika (…)

Abapolisi babiri ba Kenya baguye mu gitero, imbunda zabo ziribwa

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 03 Nzeri, abapolisi babiri b’Igihugu cya Kenya biciwe (…)

Igitero gishinjwa Amerika cyahitanye abantu 10 muri Somaliya

Ubuyobozi bwa Somali bwatangaje ko abaturage bagera ku icumi bishwe undi umwe arakomereka mu (…)

Islamic state mugomba guhitamo kumanika amaboko cyangwa mukicwa

Kuri iki Cyumweru Minisitiri w’intebe wa Iraq Haider al-Abadi, yatangaje ko Ingabo za Iraq (…)

Inkongi yangije byinshi hafi y’ umupaka w’ u Rwanda na Congo [AMAFOTO]

Amazu arenga 50 yahindutse umuyonga andi 20 arangirika kubera inkongi yibasiye umugi wa Ngoma mu (…)

Grace Mugabe ushinjwa gukomeretsa umukobwa muri Afurika y’ Epfo yatashye

Umugore wa perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe, Grace Mugabe ubu yamaze kugera mu gihugu cya (…)

Umugore wa Perezida Mugabe ari mu maboko ya polisi muri Afurika y’ Epfo

Grace Mugabe, umugore wa Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe kuri uyu wa Kabiri tariki 15 (…)

Uganda: Ubwicanyi bukorerwa abagore n’ abakobwa burimo gufata indi ntera

Mu gihugu cya Uganda hakomeje kugaragara ubwicanyi bukorerwa abagore n’ abakobwa mu bice (…)

Agatsiko k’amabandi yitwaje intwaro kahagaritse ubuzima bwa benshi mu ntara ya Kivu

Agatsiko k’amabandi yitwaje intwaro yahagaritse ubuzima bwa benshi mu ntara ya Kivu (…)

RDC: Batanu bakomerekejwe n’ amasasu basaba ingengabihe y’ amatora ya Perezida

Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo abantu 5 bakomerekejwe n’amasasu ubwo (…)

Zambia yafunze Abashinwa batatu kubera amahembe y’ inkura

Inzego zishinzwe umutekano mu gihugu cya Zambia zataye muri yombi Abashinwa batatu n’ (…)

Umwuka mubi wadutse hagati y’ Amerika n’ u Burusiya ushobora kubyara intambara y’ amasasu

Umubano wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ igihugu cy’ u Burusiya wongeye gusubira irudubi. (…)

Koreya ya Ruguru yagerageje indi missile

Minisiteri y’ingabo ya Leta zunze zubumwe z’ Amerika, Pentagon, yemeje ko Koreya ya ruguru (…)

RDC: Inyeshyamba yeguye yishyikiriza Loni

Umwe mu nyeshyamba zikomeye zirwanira mu gihugu cya Repubukira Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Umukobwa w’ imyaka 17 ’Arafunze’ nyuma yo gupangira ibitero by’ iterabwoba kuri telefone

Umukobwa w’imyaka 17, yatawe muri yombi nyuma yo kumvirizwa kuri telephone apanga n’abarwanyi (…)