skol

Umutekano

Ubumwe bw’Uburayi butewe ubwoba n’ikoreshwa rya misile zihanura indege na drone zigezweho muri RDC

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watangaje ko utewe ubwoba n’ikoreshwa ry’intwaro zigezweho (…)

Imirwano yubuye nyuma y’inama y’abagaba b’ingabo za SADC n’u Burundi ziri muri Congo

Urusaku rw’imbunda ziremereye rwongeye kumvikana mu bice bitandukanye bya Mweso na Mabenga muri (…)

Haiti: Amabandi yateye gereza afungura imfungwa ibihumbi

Imitwe y’abitwaje intwaro yateye gereza nkuru mu murwa mukuru wa Haiti, Port-au-Prince, (…)

Umusirikare wa Afurika y’Epfo yiciye mugenzi we muri RDC nawe ariyica

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Afurika y’Epfo, bwatangaje ko abasirikare babiri b’iki gihugu bari (…)

Hamenyekanye amayeri u Burundi bushaka gukoresha ngo abasirikare babwo bemere kurwanya M23

Amakuru aravuga ko abayobozi b’u Burundi biyemeje kongeza umushahara abasirikare babo kugira ngo (…)

Perezida Putin yijeje ’amahano’ibihugu byo mu burengerazuba nibyohereza ingabo muri Ukraine

Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yaraye aburiye ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi ko (…)

Abagaba b’Ingabo zoherejwe na SADC n’u Burundi bakoreye inama i Goma

Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byohereje ingabo mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’Iterambere (…)

Gaza: Ingabo za Isiraheli zishe abanya Palestina barenga 100 bari bagiye gufata imfashanyo

Minisiteri y’ubuzima mu ntara ya Gaza iyobowe na Hamas yatangaje ko ingabo za Isiraheli zarashe (…)

Abasirikare ba Tchad bishe mubyara wa Perezida bamushinja gushaka guhirika ubutegetsi

Abayobozi ba Tchad baravuga ko umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi muri iki gihugu yishwe ubwo (…)

Haiti: Uko umugore wa Perezida yisanze ariwe wa mbere ushinjwa kumwica

Tariki 07 Nyakanga 2021 isi yatunguwe n’inkuru y’uburyo abantu bitwaje intwaro binjiye mu rugo (…)

"Tuzakora ibishoboka byose tubuze Uburusiya gutsinda intambara"-Perezida Macron

Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa,nyuma y’inama n’abategetsi b’I Burayi i Paris, yatangaje (…)

Umutwe wa Red Tabara wahaye ubutumwa leta y’u Burundi

Umutwe w’inyeshyamba wa Red-Tabara uvuga ko waraye ugabye igitero i Buringa muri komine Gihanga (…)

Abaturage b’u Burundi banenze abasirikare babo bahungiye mu basivili bigatuma bicwa

Guverinoma y’Uburundi iremeza ko hapfuye abantu 9 barimo abagore 6 n’umusirikare mu bitero (…)

U Burundi bwongeye kwikoma u Rwanda mu gitero bwagabweho kikigambwa na RED Tabara

Ibiro bya Perezida w’u Burundi, byatangaje ko u Rwanda ari rwo ruri inyuma y’igitero umutwe wa (…)

Burundi: Abantu barenga 10 baguye mu gitero cy’inyeshyamba zavuye muri RDC

Byibuze abasivili 10 n’abasirikare 5 baguye mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro (…)