Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watangaje ko utewe ubwoba n’ikoreshwa ry’intwaro zigezweho (…)
Urusaku rw’imbunda ziremereye rwongeye kumvikana mu bice bitandukanye bya Mweso na Mabenga muri (…)
Imitwe y’abitwaje intwaro yateye gereza nkuru mu murwa mukuru wa Haiti, Port-au-Prince, (…)
Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Afurika y’Epfo, bwatangaje ko abasirikare babiri b’iki gihugu bari (…)
Amakuru aravuga ko abayobozi b’u Burundi biyemeje kongeza umushahara abasirikare babo kugira ngo (…)
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yaraye aburiye ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi ko (…)
Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byohereje ingabo mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’Iterambere (…)
Minisiteri y’ubuzima mu ntara ya Gaza iyobowe na Hamas yatangaje ko ingabo za Isiraheli zarashe (…)
Abayobozi ba Tchad baravuga ko umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi muri iki gihugu yishwe ubwo (…)
Tariki 07 Nyakanga 2021 isi yatunguwe n’inkuru y’uburyo abantu bitwaje intwaro binjiye mu rugo (…)
Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa,nyuma y’inama n’abategetsi b’I Burayi i Paris, yatangaje (…)
Umutwe w’inyeshyamba wa Red-Tabara uvuga ko waraye ugabye igitero i Buringa muri komine Gihanga (…)
Guverinoma y’Uburundi iremeza ko hapfuye abantu 9 barimo abagore 6 n’umusirikare mu bitero (…)
Ibiro bya Perezida w’u Burundi, byatangaje ko u Rwanda ari rwo ruri inyuma y’igitero umutwe wa (…)
Byibuze abasivili 10 n’abasirikare 5 baguye mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro (…)